• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Wednesday, August 10, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Iyobokamana

Kiliziya Gatolika yasabye Tshisekedi kwemera ibiganiro na M23

Na Ildephonse Dusabe
June 29, 2022
Muri Iyobokamana, Mu mahanga, Nyamukuru
131 2
0
Kiliziya Gatolika yasabye Tshisekedi kwemera ibiganiro na M23
95
Yasangijwe
1.9k
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Inama nkuru y’Abepisikopi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (CENCO) yasabye Leta ya Kinshasa kwemera ibiganiro na M23 mu rwego rwo guhosha intambara mu burasirazuba bw’igihugu.

 Nkuko itangazo ryasinyweho n’umuvugizi w’iri huriro Mgr  Donatien Nshole ribivuga , avuga ko ikintu cyonyine cyakemura ikibazo kiri hagati ya Repubukika iharanira Demokarasi ya Congo, M23 n’u Rwanda ari ibiganiro.

Yagize ati:” Hakenewe ibiganiro mu maguru mashya” .

-
Mgr  Donatien Nshole , Uvugira CENCO

Mgr Nshole avuga ko Kiliziya yitandukanije na bamwe mu bihaye Imana bayo bagiye bifatanya na Leta mu gushinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, yagize ati:”Hari abashnja CENCO kwivanga muri Politiki, Ibi biravugwa ariko ukuri kuriho ni uko ijwi ryacu rikwiye gukoreshwa hagamijwe guhagarika urugomo n’akaduruvayo mu burasirazuba bw’Igihugu. Guhohotera abantu sibyo byaha bagenzi bacu amahoro”

Mgr Nshole avuga ko yizeye ko ibiganiro bizahuza FARDC na M23 aribyo bizatanga igisubizo ku bibazo byose igihugu cyabo kiri guhura nabyo.

Mu minsi ishize, nibwo umuyobozi wa Diyosezi ya Butembo Sikuli Paluku yavuze ibyatunguye benshi aho yavuze ko atumva ukuntu agahugu nk’u Rwanda karutwa na Diyosezi ayobora(Butembo) kahangayikisha igihugu nka Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kijya kunganya ubunini n’umugabane wose.

Ibi abenshi mu bumvise ibyavuzwe n’uyu mugabo babifashe nko kwishyiramo u Rwanda no kugaragaza uruhande abogamiyeho nyamara inzego zibishinzwe zitaremeza nyirabayazana w’amakimbirane ari hagati y’ibihugu byombi.

 

 

Inkuru Iheruka

Mu rubanza rwa Bucyibaruta rubera mu Bufaransa habayeho ikikango cy’iturika ry’igisasu

Inkuru Ikurikira

Hamenyekanye icyateye impuruza abarimo Gen Muhoozi batanze ubwo Museveni yari i Kigali

Inkuru Ikurikira
Hamenyekanye icyateye impuruza abarimo Gen Muhoozi batanze ubwo Museveni yari i Kigali

Hamenyekanye icyateye impuruza abarimo Gen Muhoozi batanze ubwo Museveni yari i Kigali

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In