• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Monday, May 16, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza coronavirus

Abanyarwanda bagomba gukomeza kwambara agapfukamunwa mu gihe bagiye ahahurira abantu benshi_ Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri

Na Ildephonse Dusabe
April 9, 2022
Muri coronavirus, inkuruyumunsi, Nyamukuru, Politike, Ubuzima
20 0
0
Abanyarwanda bagomba gukomeza kwambara agapfukamunwa mu gihe bagiye ahahurira abantu benshi_ Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri
14
Yasangijwe
285
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 09 Mata 2022 iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yemeje ko abanyarwanda bose bakomeza kwambara agapfukamunwa neza mu gihe bagiye ahahurirwa n’abantu bneshi.

Iyi nama kandi yashyizeho ba Ambasaderi babiri bashya aho François Nkulikiyimfura wari Ambasaderi w’u Rwanda muri Qatar yoherejwe mu Bufaransa agasimburwa na Igor Marara.

Iyi nama yari iyobowe n’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame. Nta mpinduka zihariye yakoze ku bijyanye no kwirinda icyorezo cya Covid-19 ahubwo ingamba zari zisanzweho zakomeje gushimangirwa.

Mu bayobozi bahawe imyanya, harimo François Nkulikiyimfura wari Ambasaderi w’u Rwanda muri Qatar. Yahinduriwe imirimo yoherezwa mu Bufaransa asimbuye François Xavier Ngarambe.

Undi wahawe umwanya ni Igor Marara wari usanzwe ari Umujyanama muri Ambasade y’u Rwanda muri Canada wagizwe Ambasaderi warwo muri Qatar.

Iyi nama y’Abaminisitiri kandi yemeje ba Ambasaderi bagiye guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda. Muri bo harimo Wang Xuekun wemerewe guhagararira u Bushinwa mu Rwanda.

 

Inkuru Iheruka

Breaking News update : Hari utundi duce M23 yiyongeje

Inkuru Ikurikira

Tariki ya 11 Mata 1994:Ingabo z’Ababirigi zatereranye abatutsi bari kuri ETO Kicukiro, bicirwa i Nyanza

Inkuru Ikurikira
Tariki ya 11 Mata 1994:Ingabo z’Ababirigi zatereranye abatutsi bari kuri ETO Kicukiro, bicirwa  i Nyanza

Tariki ya 11 Mata 1994:Ingabo z’Ababirigi zatereranye abatutsi bari kuri ETO Kicukiro, bicirwa i Nyanza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In