• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Uncategorized

AMAFOTO: M23 yerekanye ibikoresho yambuye FARDC birimo intwaro zikiri nshya zigifunitse

Na Chief Editor
January 27, 2023
Muri Uncategorized
2
AMAFOTO: M23 yerekanye ibikoresho yambuye FARDC birimo intwaro zikiri nshya zigifunitse
154
Yasangijwe
1.9k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Umutwe wa M23 wafashe umujyi wa Kitshanga wari umaze iminsi uberamo imirwano ikomeye, uwambura FARDC n’abambari bayo barimo FDLR n’abacanshuro, unerekana ibikoresho bwabambuye birimo intwaro zikiri nshya.

Abarwanyi b’uyu mutwe binjiye Kitshanga ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 26 Mutarama 2023, nyuma y’iminsi ibiri y’urugamba rushyushye, aho FARDC n’imitwe bafatanyije ndetse n’abacanshuro bari bihagazeho banze gusubira inyuma.

Gusa kuri uyu wa Kane, imbaragaza zabashiranye, FARDC n’abacanshuro babona ko baneshejwe bahitamo kuyabangira ingata bava muri Kitshanga yose yahise ifatwa na M23.

Abarwanyi ba M23 bagaragaye binjira muri uyu mujyi, bagana ahantu hari haherutse kwifotoreza abasirikare ba FARDC aho bavugaga ko bakigenzura Kitshanga.

Umwe mu barwanyi ba M23, yavuze ko bishimiye kuba bafashe Kitshanga, bagashimira Imana yabibafashijemo.

Agera aho akavuga ati “Dufashe Kitshanga tuje guhagarika Jenoside, twe turashaka guhashya umwanzi, tukazana amahoro, tugahagarika Jenoside.”

Uyu mutwe wa M23 kandi wagaragaje ibikoresho wafashe wambuye abasirikare ba FARDC ndetse n’abo bakorana, birimo imbunda n’ibisasu biremereye birimo n’ibikiri bishya bigifunitse mu mashashi.

RWANDATRIBUNE.COM

Ibijyanye Nayo Inkuru

FARDC yongeye kwikora munda  yica umukoroneri wayo izi ko ari M23
Mu mahanga

FARDC yongeye kwikora munda yica umukoroneri wayo izi ko ari M23

March 15, 2023
Masisi barataka imisoro ikomeye yashyizweho n’inyeshyamba za Nyatura na APCLS
Mu mahanga

Masisi barataka imisoro ikomeye yashyizweho n’inyeshyamba za Nyatura na APCLS

March 15, 2023
DRC irateganya ko Ubufaransa buzafata ingamba zo kurwanya u Rwanda
Mu mahanga

DRC irateganya ko Ubufaransa buzafata ingamba zo kurwanya u Rwanda

March 2, 2023
Abanyekongo bavuga ikinyarwanda ntibabaho muri DRC:Patrick Muyaya yeteje urujijo
Mu mahanga

Abanyekongo bavuga ikinyarwanda ntibabaho muri DRC:Patrick Muyaya yeteje urujijo

March 2, 2023
USA  yagize icyo isaba  M23,u Rwanda na DRC
Mu mahanga

USA yagize icyo isaba M23,u Rwanda na DRC

February 24, 2023
DRC igiye kugura drone 9 mu Bushinwa zo guhangana na M23
Mu mahanga

DRC igiye kugura drone 9 mu Bushinwa zo guhangana na M23

February 22, 2023

Ibitekerezo 2

  1. Innocent says:
    2 months ago

    Aba bahungu ba M23 barashimishije. Batwibutsa ubutwari bwarangaga abakurambere b’abanyarwanda bakera, kugeza na nubu. Courage basore beza, murwanye izo nkoramaraso, Imana iri mu ruhande rwanyu.

    Reply
  2. moses Rubayiza says:
    2 months ago

    God is with you guys.God will guide you
    to fight those Genociders who are killing your parents.You will gain victory . keep it up intare za sarambwe

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.