• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Wednesday, March 29, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Nyamukuru

Amavubi U23 anyagiriye Libya i Huye ayisezerera nta nteguza

Na Ally Jado
September 27, 2022
Muri Nyamukuru, Siporo
0
Amavubi U23 anyagiriye Libya i Huye ayisezerera nta nteguza
186
Yasangijwe
2.3k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Mu mukino wo kwishyura wahuje ikipe y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 23 na Libya, U Rwanda rutahukanye itsinzi y’ibitego 3:0 bituma rusezerera Libya mu ijonjora ry’ibanze.

Ni umuniko waberaga kuri Stade ya Huye mu karere ka Huye mu ntara y’Amajyepfo, aho amakipe yombi yarwaniraga itike y’ijonjora rya Mbere ryo gushaka itike iberekeza mu gikombe cya Afurika cy’Abatarengeje imyaka 23.

 Ibitego by’amavubi  byatsinzwe na Niyigena Clement(38’,53) n’igitego cya Rudasingwa Prince cyo ku munota wa 72 w’umukino.

U Rwanda rwarangije umukino ku giteranyo cy’ibitego 4 : 4 bya Libya, gusa u Rwanda rukomeza kubw’Igitego rwatsindiye hanze y’u Rwanda.

Mu mukino wa Kabiri w’Ijonjora, u Rwanda ruzahura n’ikipe y’igihugu ya Mali, irokotse muri zo ibone itike yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika kiteganijwe kubera muri Marroc mu mwaka utaha 2023.

 

Ibijyanye Nayo Inkuru

Uwahoze ari umuvugizi wa FLN yageneye ubutumwa imitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda
Nyamukuru

Uwahoze ari umuvugizi wa FLN yageneye ubutumwa imitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda

March 29, 2023
Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati ya M23,FDLR  n’abitwa Wazalendo i Masisi
Mu mahanga

Nyuma ya Mweso, biravugwa ko M23 ishobora kwisubiza utundi duce iheruka kurekura-Menya ikibyihishe inyuma

March 29, 2023
Tugiye gushyiraho itegeko rihana umuntu wese wigaragambije – Christophe Lutundula
Mu mahanga

Tugiye gushyiraho itegeko rihana umuntu wese wigaragambije – Christophe Lutundula

March 29, 2023
Rurageretse hagti ya Perezida Tshisekedi n’Abametisi muri DRC
Mu mahanga

Rurageretse hagti ya Perezida Tshisekedi n’Abametisi muri DRC

March 29, 2023
Nti turajwe ishinga no gufata imisozi tugamije gutabara abacu bari kwicwa- inyeshyamba za M23
Mu mahanga

Nibadakora icyo basabwa tuzafata aharenze aho twari twafashe- Inyeshyamba za M23

March 29, 2023
Mu gace ka Kasiza muri Masisi hacitse igikuba bikanga ibitero bya M23
Mu mahanga

Mu gace ka Kasiza muri Masisi hacitse igikuba bikanga ibitero bya M23

March 29, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati ya M23,FDLR  n’abitwa Wazalendo i Masisi

Nyuma ya Mweso, biravugwa ko M23 ishobora kwisubiza utundi duce iheruka kurekura-Menya ikibyihishe inyuma

March 29, 2023
Tugiye gushyiraho itegeko rihana umuntu wese wigaragambije – Christophe Lutundula

Tugiye gushyiraho itegeko rihana umuntu wese wigaragambije – Christophe Lutundula

March 29, 2023
Rurageretse hagti ya Perezida Tshisekedi n’Abametisi muri DRC

Rurageretse hagti ya Perezida Tshisekedi n’Abametisi muri DRC

March 29, 2023
Nti turajwe ishinga no gufata imisozi tugamije gutabara abacu bari kwicwa- inyeshyamba za M23

Nibadakora icyo basabwa tuzafata aharenze aho twari twafashe- Inyeshyamba za M23

March 29, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.