Abaturage b’i Bukinanyana bafite ubwoba ko bashobora guterwa n’umutwe w’abarwanyi bavuga Ikinyarwanda bitwaje intwaro bikekwa ko ari inyeshyamba za CNRD/FLN Ejo kuwa gatandatu nimugoroba,abaturage bo ku...
Minisiteri y’Ubuzima yatangiye gahunda yo gukingira Coronavirus mu Rwanda. Mu ntangiriro hazakingirwa abaganga bari bafite ibyago byinshi byo kwandura COVID-19 nyuma hakurikire gukingira abandi bantu basigaye...
Mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisitiri w’Itumanaho akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Patrick Muyaya Katembwe, yatangaje ko inama y’umutekano yayobowe n’umukuru w’igihugu bafatiyemo imyanzuro itandukanye...
Mukiganiro umukuru w’igihugu cya Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo yagiranye na Jenerali Mugabo Hassan uyoboye ingabo ziri k’urugamba za FARDC zimaze iminsi k’urugamba muri gicanga, amusaba...
Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahamagaye kuri Telefone General Muhabo uyoboye ingabo za FARDC mu gace kegereye Kitshanga, uko byagenze ngo umutwe...
I Luanda muri Angola ni hamwe muho abakuru b’ibihugu bateraniye kugira ngo barebbe ko bakemura ibibazo by’umutekano muke ubarizwa mu burasirazuba bwa Repuburika iharanira Demokarasi ya...
Uburasirazuba bwa Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo,ni agace kibasiwe n’imitwe yitwaje intwaro, ari nayo nkomoko y’umutekano muke ubarizwa muri aka gace, ndetse n’abasize bakase imipaka muri...
Ingabo za Lepubulika iharanira Demokarasi ya Congo FARDC zabohoye abasivile barenga 30 mu maboko y’inyeshyamba za ADF mu gace ka Ituri, mugihe cy’icyumweru kimwe gusa. Ibi...
Itsinda ry’abacanshuro b’abarusiya uzwi nka Wagner, rifite bamwe bari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryamaze gufatiwa ibihano n’Igihugu gikomeye ku Isi kubera amahano rishinjwa. Iri...
Nyuma yuko igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) gitangaje ko cyemeye kuva mu mujyi wa Kitshanga ku bushake, umutwe wa M23 wavuze ko ari...
Mu kiganiro Minisitiri w’ububanyi n’amahanga yagiranye n’abadepite kuri uyu wa 26 Mutarama kumibanire n’ibihugu byo mu karere, yasobanuye ko ibihugu byose byo mu karere ubu babanye...
Nyuma yuko umutwe wa M23 ufashe umujyi wa Kitshanga, n’ubundi imirwano yakomeje, aho amasasu ya rutura akomeje kumvikana. Abarwanyi ba M23 bafashe umujyi wa Kitshanga kuri...