Mu mahanga
Breaking news:Indege Sukhoi 25 y’ingabo za FARDC imaze guhanurirwa mu kirere cy’uRwanda

Inkuru ikomeje gucicikana nuko indege ya gisilikare y’ingabo za Congo FARDC yongeye kuvogera ubutaka bw’uRwanda ihita ihanurwa.
Kuri uyu wa 24 Mutarama 2023 biravugwa indege ya gisilikare y’ingabo za FARDC yinjiye kubutaka bw’uRwanda ku gice kirebana n’ikiyaga cya Kivu igahita ihanurwa .
Isoko yamakuru ya Rwandatribune iri mu mu mujyi wa Rubavu ivugako ko iyo ndege ikimara guterwa igisasu yagiye irigushya yerekeza ku kibuga cy’indege cya Goma.
haba kuruhande rw’ingabo z’urwanda n’ingabo za FARDC ntawe uragira icyo atangaza, inkuru irambuye mu kanya…
Uwineza Adeline

Kaka
January 24, 2023 at 3:45 pm
Biramutse ari ukuri byaba bishimishije ndetse ingabo z’u Rwanda zikwiye ishimwe ku gikorwa nkicyo. U Rwanda si congo buri wese afata nkumusari yihereramo.
Sikobizaba
January 24, 2023 at 5:02 pm
Nta cyambabaza nko kuba yaba itahanuwe burundu. Congelese bamaze iminsi biyenza.