• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Tuesday, May 17, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Imyidagaduro

Bruce Melodie yerekanye yizihiwe n’umukobwa we wujuje imyaka 7

Na Martin
May 12, 2022
Muri Imyidagaduro, Nyamukuru
6 0
0
Bruce Melodie yerekanye yizihiwe n’umukobwa we wujuje imyaka 7
4
Yasangijwe
87
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie yifurije isabukuru nziza umukobwa we, yifashishije amashusho bari kumwe bizihiwe nk’umubyeyi n’umwana.

Mu butumwa buherekejwe n’amashusho yashyize kuri Instagram ye amugaragaza ari kumwe n’umukobwa we bigaraga ko bishimye nk’umubyeyi n’umwana, Bruce Melodie yifurije isabukuru nziza umukobwa we wujuje imyaka irindwi (7).

Yagize ati “Inshuti yanjye y’agatangaza yujuje imyaka 7, Papa wawe aragukunda cyane gikomangomakazi.”

Muri aya mashusho aba yumvikanamo indirimbo ya Bruce Melodie, Nziza Brittah umukobwa w’uyu muhanzi, abwira se ko amukunda cyane kubera ibyo amukorera.

Uyu mwana uba avuga Igifaransa, agira ati “Ngukunda kubera byinshi udukorera nko kunjyana ahantu hatandukanye, ukanjyana ku ishuri inshuro ebyiri ku munsi, ukatugurira impano…”

Bruce Melodie ni umwe mu bahanzi bahagaze neza mu Rwanda, akaba adasiba gushyira hanze indirimbo zaba izo yikoranye ndetse n’izo amaze iminsi akorana n’abahanzi bo mu bihugu bitandukanye aho mu minsi ishize yashyize hanze iyo yise Nyola yakoranye n’ikirangire muri Uganda, Eddy Kenzo.

RWANDATRIBUNE.COM

Inkuru Iheruka

Ifoto y’Umunsi: Perezida Museveni yagaragaye yagiye gusaba amazi yo kunywa mu rugo rw’umuturage

Inkuru Ikurikira

Mukankiko akomeje kuvangirwa!! Noneho imbunda y’amagambo yayerecyeje ku buzukuru ba Mbonyumutwa

Inkuru Ikurikira
Mukankiko akomeje kuvangirwa!! Noneho imbunda y’amagambo yayerecyeje ku buzukuru ba Mbonyumutwa

Mukankiko akomeje kuvangirwa!! Noneho imbunda y’amagambo yayerecyeje ku buzukuru ba Mbonyumutwa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In