• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Saturday, August 13, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza amateka & umuco

Byinshi utaruzi ku bagore bakora akazi ko kuririra abapfuye babigize umwuga

Na Adeline Uwineza
September 22, 2021
Muri amateka & umuco, Mu mahanga, Nyamukuru
26 1
0
Byinshi utaruzi ku bagore bakora akazi ko kuririra abapfuye babigize umwuga
19
Yasangijwe
386
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Mu gihugu ca Côte d’Ivoire hari abagore bahembwa ngo baje kuririra abapfuye kandi batanabazi.

Umwe mu bagore baganiriye na France24 dukesha iyi nkuru yavuze  ko uyu mwuga wo kuririra abapfuye bamaze igihe bawukora,kandi ukaba ubatunze akaba ariho akura amafaranga yo kwishyura inzu ndetse n’amafaranga y’ishuri.

Uyu mugore uzwi ku mazina ya Amina yavuzeko mu kazi kaburi munsi bakora imyitozo yo kurira ndetse bakanategura n’indirimbo bazaririmba mu gihe cyo guherekeza nyakwigendera.

Yagize ati:twishakamo amarira tukivuruguta mu ivu kandi bikemera kabone n’ubwo benshi muri ba nyakwigendera tuba tutabazi,ariko ibi byose tubihuza n’umuco w’igihugu cyacu aho kuririra uwapfuye ari ihame.

Uyu mugore avuga ko umuhango umwe wishyurwa igihembo cy’amadorari y’Amerika arenga 400$ ni mafaranga kandi ari hejuru y’ibihumbi Magana ane y’amanyarwanda,aba bagore bakaba bavuga ko nta kindi bashora usibye impano ibarimo yo kurira kandi bakagira n’amakorari yabigize umwuga amenyereye guherekeza iki gikorwa.

Uyu mutegarugori Amina asoza avuga ko iyo mpano yo kurira ari umurage basigiwe n’abakurambere babo,bo mu bwoko bw’aba ” Bétés ” bigenda bihererekanywa n’abakobwa babo .

Mu Kinyarwanda baca umugani ngo bury  bisobanuye ngo nta mwuga udakiza uretse uwo kuroga,aba bagore bavuga ko umwuga wabo wabahiriye.

UWINEZA Adeline

Inkuru Iheruka

Mozambike: RDF yafunguye imihanda inyeshyamba zari zarafunze imfashanyo zigera ku baturage muri Palma

Inkuru Ikurikira

Ni iki Kihishe inyuma y’inyandiko za Michel Wrong zisebya u Rwanda?

Inkuru Ikurikira
Ni iki Kihishe inyuma y’inyandiko za Michel Wrong zisebya u Rwanda?

Ni iki Kihishe inyuma y’inyandiko za Michel Wrong zisebya u Rwanda?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In