• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Wednesday, August 10, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Nyamukuru

Cabo Delgado: RDF yavuzwe indi myato nyuma yo kubohoza abaturage 600 bari barashimuswe n’ibyihebe

Na Martin
August 4, 2022
Muri Nyamukuru, Umutekano
28 2
0
Cabo Delgado: RDF yavuzwe indi myato nyuma yo kubohoza abaturage 600 bari barashimuswe n’ibyihebe
21
Yasangijwe
429
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda, buratangaza ko bufatanyije n’Ingabo za Mozambique, babashije kubohora abaturage 600 bari barashimuswe n’ibyihebe bikabajyana mu ishyamba riri mu Karere ka Mocomia.

Ingabo z’u Rwanda zasohoye itangaro kuri uyu wa Kane tariki 04 Kanama 2022 rivuga ko iki gikorwa cyagezweho ku bufatanye bw’Abasirikare ba RDF bari mu butumwa bw’amahoro muri Cabo Delgado muri Mozambique, ingabo za Mozambique ndetse n’ingabo ziri mu butumwa bwa SADC.

Iri tangazo rya RDF rivuga ko aba baturage 600 bari bamaze igihe barashimuswe n’Ibyihebe byo mu mutwe wiyita Leta ya kisilamu ishami ryawo ryo muri Mozambique bakabajyaha mu ishyamba ryitwa Catupa riherereye mu majyaruguru y’Akarere ka Macomia mu Ntara ya Cabo Delgado.

RDF ifatanyije n’ingabo za Mozambique ndetse n’iza SADC, babanje kugaba igitero ku birindiro by’ibi byihebe, zibanza kubisenya ubundi bihita bihungira mu tundi duce two muri aka Karare.

Ingabo z’u Rwanda zitangaza ko ibikorwa byo guhiga ibi byihebe, bikomeje kugira ngo zibirandurane n’imizi yabyo.

Si ubwa mbere RDF ikoze igikorwa nk’iki cy’ubutwari mu Ntara ya Cabo Delgado kuko kuva yagera muri iyi Ntara ari bwo yabashije kugira amahoro ndetse bamwe mu baturage bari baravuye mu byabo kubera ibikorwa by’ibyihebe bakaba barashije kubisubiramo.

Abaturage 600 bagarujwe
Umwe muri bo yashimye RDF

RWANDATRIBUNE.COM

Inkuru Iheruka

DRC: Abigaragambya bahaye MONUSCO gasopo kutayibona ijarajara mu mihanda

Inkuru Ikurikira

Padiri Nahima nzamukubita akizwe n’abafana be- Mukankiko noneho yasizoye

Inkuru Ikurikira
Padiri Nahima nzamukubita akizwe n’abafana be- Mukankiko noneho yasizoye

Padiri Nahima nzamukubita akizwe n’abafana be- Mukankiko noneho yasizoye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In