Minisiteri ya Siporo yashyizeho amabwiriza mashya agenga ibikorwa bya siporo maze imyitozo y’amakipe ndetse n’amarushanwa bigengwa n’ingaga za siporo birahagarikwa harimo na shampiyona y’umupira w’amaguru mu...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yashyizeho amabwiriza avuguruye agenga ibirori bibera mu ngo zo mu Ntara nyuma y’ayashyiriweho umujyi wa Kigali MINALOC yavuze ko imihango y’ubukwe harimo gusaba,...
Umunyamakuru akaba n’umunyarwenya Nkusi Arthur uzwi nka Rutura, yatangaje ko nyuma y’imyaka 10 akora umwuga w’itangazamakuru yawuhagaritse akajya gukora ibindi bitandukanye n’itangazamakuru. Nkusi Arthur yavuze ko...
Madame Murekatete Triphose ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu Karere ka Rutsiro Madame Murekatete Triphose afite impamyabumenyi y’ikiciro cya Gatatu cya Kaminuza (Masters) yakuye muri INES...
Ubuyobozi bwa Rwadatribune Media ltd buhaye ikaze abakandida bemerewe kwiyamamariza imyanya itandukanye mu buyobozi bw’uturere [Aho uri hose mu gihugu ] ko amarembo afunguye. Rwandatrubune Media...
Uwitwa NYIRANDIMUBANZI Betty mwene BARAWIGIRIRA na NYIRABARERA utuye mu mudugudu wa Karebero akagari ka Cyivugiza umurenge wa Muko, Akarere ka Musanze Intara y’amajyaruguru . Yasabye uburenganzira...