Papa Benedicto XVI wayoboye Kiriziya Gatorika hagati y’umwaka wa 2005-2013, yitabye Imana ku myaka 95 kuri uyu wa 31 Ukuboza 2022 ku isaha ya satatu n’iminota...
Umusaseridoti wo muri Diyoseze ya Ruhengeri, yafashe icyemezo cyo gusezera ku bupadiri avuga ko yabyiyemeje nyuma yo kubura amaso akabona Kiliziya Gatulika irimo ubwirasi n’uburyarya. Uyu...
Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yongeye kumvikana yibasira abatinganyi aho yemeje ko kubashyigikira kwaba ari ukwangiza amahame rusange agenga umuryango w’Abanya-Uganda asanga bo baramaze kunyuranya...
Nk’uko bisanzwe bikorwa nyuma yo gukora ubushakashatsi ,umuyobozi wa Kiliziya Gatolika ku isi ashyira ku mugaragaro uwo basabye gushyirwa mu rwego rw’abahire. Nibyo byabaye Ejo ubwo...
Pasiteri Denis Kintu uyobora urusengeri rwa Hoima Empowerment Church International ufungiwe icyaha cyo gukupitira abayoboke b’itorero rye mu rusengero yireguye avuga ko kubakubita yageraga ikirenge...
Umugore w’Umupasiteri mu gihugu cya Ghana yahishuye uko umugabo we usanzawe ari Pasitoro akaniyita umuhanuzi amaze kuryamana n’abagore bose basengera mu rusengero rwe ababeshya ko arimo...
Ku cyicaro cya Kiliziya Gatolika ku isi hamwe n’aba Cardinal bagera kuri 200 umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis ari gusoza inama y’iminsi ibiri yatangiye Ejo...