Uburasirazuba bwa Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo,ni agace kibasiwe n’imitwe yitwaje intwaro, ari nayo nkomoko y’umutekano muke ubarizwa muri aka gace, ndetse n’abasize bakase imipaka muri...
Ingabo za Lepubulika iharanira Demokarasi ya Congo FARDC zabohoye abasivile barenga 30 mu maboko y’inyeshyamba za ADF mu gace ka Ituri, mugihe cy’icyumweru kimwe gusa. Ibi...
Mu kiganiro Minisitiri w’ububanyi n’amahanga yagiranye n’abadepite kuri uyu wa 26 Mutarama kumibanire n’ibihugu byo mu karere, yasobanuye ko ibihugu byose byo mu karere ubu babanye...
Nyuma yuko umutwe wa M23 ufashe umujyi wa Kitshanga, n’ubundi imirwano yakomeje, aho amasasu ya rutura akomeje kumvikana. Abarwanyi ba M23 bafashe umujyi wa Kitshanga kuri...
Intumwa idasanzwe y’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye mu karere k’ibiyaga bigari, Huang Xia, yahamagariye Leta y’u Rwanda na Leta ya Congo kugirana ibiganiro bigamije guhosha amakimbirane, ibi...
Umwe mu barwanyi ba M23 yumvikanye avugana umujinya n’agahinda byinshi ku bw’ibibazo by’itotezwa bikorerwa Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abatutsi, avuga ko ari byo byatumye afata imbunda...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi arifuza ko icyo yise ibitero u Rwanda rumaze imyaka 30 rugaba ku butaka bw’igihugu cye byafatwa nk’iby’Uburusiya ...