• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Thursday, May 19, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

DRC: Abanyamulenge 250 binjijwe mu ishyaka UDPS rya Perezida Tshisekedi

Na Ildephonse Dusabe
July 28, 2021
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politike
20 0
0
DRC: Abanyamulenge 250 binjijwe mu ishyaka UDPS rya Perezida Tshisekedi
14
Yasangijwe
288
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Ishyaka UDPS riri ku butegetsi muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryakiriye abarwanashyaka bashya bagera kuri 250  bo mu bwoko bw’ Abanyamuremge kuri uyu wa kabiri tariki ya 27 Nyakanga uyu mwaka.

Nk’ uko bitangazwa na perezida w’ ubwisungane bw’ Abanyamurenge, bwana Jean Muhaliriza, aba bantu binjiye muri iri shyaka kugira ngo bashyigikire umukuru w’ igihugu nyakwubahwa Felix Tshisekedi Tshilombo Antoine mu matora y’ umukuru w’ igihugu ateganijwe mu bihe biri imbere muri iki gihugu.

Bwana Jean Muhaliriza atangaza ko abaturage b’ abanyamurenge banyuzwe na politiki y’ umukuru w’ igihugu nyakubahwa Felix Tshisekedi, ufata umuturage wa Congo nk’ ishyingiro ry’ ibikorwa bye.

Uyu mugabo akomeza agira ati: “Iki gikorwa cyo kwinjira muri iri shyaka, abaturage ba Kivu y’ Amajyepfo, by’ umwihariko abanyamurenge, turashaka kwereka umukuru w’ igihugu ko ashyigikiwe. Twiteguye bihagije kujya inyuma y’ umukuru w’ igihugu, kugeza ditsinze amatora yo muri 2023. Tumuri inyuma kandi uyu ni n’ umwanya mwiza wo kumwibutsa ko umutekano muke ukomeje kuba ikibazo muri Fizi, Mwenga na Uvira”.

Tubamenyeshe ko mbere y’ ibi birori byo kwinjira mu ishyaka kw’ aba banyamurenge, aba bantu babanje gukora urugendo n’ amaguru aho bavuye i Mulamba bakagera ku nzu mbera byombi ya Manne muri komini ya Ibanda mu mujyi wa Bukavu.

Inkuru Iheruka

Perezida Samia Suluhu yakingiwe COVID-19

Inkuru Ikurikira

Umuzimu wizirinze kuri ADEPR Ishami rya Uganda byarangiye urishenye unashyiraho akadomo!

Inkuru Ikurikira
Umuzimu wizirinze kuri ADEPR Ishami rya Uganda byarangiye  urishenye unashyiraho akadomo!

Umuzimu wizirinze kuri ADEPR Ishami rya Uganda byarangiye urishenye unashyiraho akadomo!

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In