• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Mu mahanga

DRC : Inama y’umutekano ya Tshisekedi n’abasirikare yanzuye ko bagomba gufungira u Rwanda inzira

Na Umuhoza Yves
January 28, 2023
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politike, Umutekano
2
DRC : Inama y’umutekano ya Tshisekedi n’abasirikare  yanzuye ko bagomba gufungira u Rwanda inzira
161
Yasangijwe
2k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Mu itangazo ryashyizwe hanze na  Minisitiri w’Itumanaho akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Patrick Muyaya Katembwe, yatangaje ko inama y’umutekano yayobowe n’umukuru w’igihugu bafatiyemo imyanzuro itandukanye irimo gufungira inzira igihugu cy’u Rwanda.

Iyi nma yatumijwe nyuma y’uko inyeshyamba za M23 zifashe umujyi muto wa Kitchanga, kandi yatumijwe nyuma y’uko indege y’igisirikare cya Congo yinjiriye mu Rwanda, kunshuro ya gatatu bikaba ngombwa ko iraswaho.

Perezida wa RDC Félix Tshisekedi, yayoboye iyi nama yigaga ku bibazo by’umutekano muke uri mu gihugu cye, by’umwihariko ku mpamvu y’umutwe w’inyeshyamba wa M23 wigaruriye agace ka Kitshanga, yanzura ko u Rwanda rugiye gufungirwa inzira.

Muri iri tangazo yagize ati “ Perezida wa Repubulika yamenyesheje Inama y’Abaminisitiri ko yayoboye inama y’inzego z’umutekano yiga ku bibazo by’umutekano by’umwihariko mu gace ka Kitshanga no mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru; yizeza abaturage cyane abo muri Kivu y’Amajyaruguru, ko ingamba zose zafashwe zirimo  gufungira amayira u Rwanda na M23.”

Ntabwo iryo tangazo risobanura neza uburyo u Rwanda rugiye gufungirwa inzira, gusa usesenguye neza byumvikanisha n’ubundi umurongo RDC imaze igihe yarafashe, wo gushinja Leta y’ u Rwanda ko ruvogera ubusugire bwayo.

Iyi yateranye ibaye nyuma y’iminsi ibiri Inyeshyamba za M23 umujyi muto wa Kitchanga n’inyengero zawo izi nyeshyamba zikirukana ingabo za Leta.

Nyamara igisirikare cya Congo cyo cyatangaje ko kuva mu gace ka Kitshanga ari amayeri y’urugamba bakoze kugira ngo bazabone uko biganzura uyu mutwe wa M23.

Mbere yo gufata Kitshanga, M23 yari yafashe utundi duce dutandukanye turimo imihanda ihinguka i Goma, bivuze ko ubu ariyo iri kugenzura inzira zo mu merekezo ya Goma-Masisi.

Izi nyeshyamba kandi nyuma na mbere yo gufata utu duce bafashe batangaje ko intego yabo itari iyo gufata uduce twinshi cyangwa se igihugu ahubwo bari guharanira uburenganzira bwabo.

Mu magambo yumvikanye ubwo bafataga Kitchanga izi nyeshyamba zavugaga ko zigiye guhagrika Jenoside iri gukorerwa bene wabo bari I Masisi Lita n’ingabo zayo bahagarikiye abo bicanyi.

Umuhoza Yves

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Ibitekerezo 2

  1. Kadogo says:
    2 months ago

    Ngaho da.Nta bwenge yaneye aho atema!Ntumbaze nta bwenge ari nde, kuko muramuzi!

    Reply
  2. Mpororo says:
    2 months ago

    None se Cyisecyedi, ingamba wavuze kuva Bunagana ifatwa kugeza ubu ukizivuga, aho izo ngamba ntizaba zarafashe ubusa? Wize izindi se?
    Niba se M23 ikurusha imbaraga, wamanitse amaboko!
    Agapfa kaburiwe ….

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.