• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Nyamukuru

Ese ubwonko bw’umuntu bufite ubushobozi bungana bute bwo Kwibuka?

Na Adeline Uwineza
March 18, 2023
Muri Nyamukuru, Ubuzima
0
Ese ubwonko bw’umuntu bufite ubushobozi bungana bute bwo Kwibuka?
200
Yasangijwe
2.5k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Ubwonko bw’umuntu bushobora kubika trillioni y’amakuru, Ubwonko bufite Ubushobozi budasanzwe bwo kwibuka nk’uko byemejwe n’ubushakashatsi bwinshi bwa siyansi

Ubwonko kandi bufite Ubushobozi bwo kwibuka burenze cyane ibigereranyo byagereranijwe n’ abahanga.

Abashakashatsi bo muri kaminuza ya Stanford bagaragaje ko ubwonko bw’ umuntu bufite synapses tiriyari 125 (ni udutsi duto duhuza neuron ebyiri cyangwa neuron n’indi selile).

Ubundi bushakashatsi bwakozwe n’abahanga b’Abanyamerika buvuga ko Ubwonko bw’umuntu bushobora kubika hafi tiriyari 74 byamakuru, cyangwa terabaýt 74 (synapses miriyoni 125 x 0.5875 byte bihwanye na 4.7 bits). Trillion bytes ingana na terabyte.

Ibi kandi bigaragara mu kiganiro cyasohotse muri Scientific American mu mwaka wa 2010, kivuga ko ubwonko rusange bwakuze bufite ubushobozi bwo kwibuka bwa petabaýt 2,5 (ni ukuvuga terabaýt 2,560 cyangwa miliyoni 2,5 gigabaýt).

Agace ka hippocampus niko kagenewe kubika ibintu byose bikubayeho kugira ngo ujye ubyibuka

Bukoreshwa n’ibimeze nk’amashanyarazi, bikaza mu buryo bw’itegeko binyuze mu ntekerezo, imikaya n’amarangamutima

Nubwo bukora cyane kandi vuba, ariko hagati ya 1% na 16% nibyo bishobora gukorwa mu gihe kimwe. Ushobora kureba umupira uri no kurya, cyangwa kwandika uri no kuririmba, gutyo gutyo

Mu mwuka mwiza wa oxygen wose twinjiza hafi 25% byose bikoreshwa n’ubwonko

Uturemangingo tw’ubwonko tuzwi nka neurons uvukana nitwo ugumana kugeza upfuye, bivuze ko nta gusimbuzwa ahubwo iyo hagize akangirika ntigasimbuzwa.

Burya ugereranyije n’izindi nyamaswa, iyo munganya ibiro uba ufite ubwonko bwikubye 3 (mu bunini) ubwayo

Iyo ukoze ku kintu cyangwa ugikozeho, ubwonko kugirango bubyakire bikorwa ku muvuduko wa 125m/s ni ukuvuga 450km/h.

Burya nubwo ibintu hafi ya byose tubikora iyo turi maso, ariko bukora cyane nijoro kurenza ku manywa ndetse ni naho ibitekerezo bizima biza

Abashakashatsi bagararagaje ko abantu bafite igipimo cy’ubwenge cyo hejuru (IQ) aribo barota cyane kurenza abandi

Ntibishoboka ko wakwikirigita ngo useke kuko ubwonko bubitahura hakiri kare ko ari wowe uri kwikirigita

Ubwonko ni igice kidasanzwe cy’umubiri wacu, kuberako ibintu byose bikorwa nabwo, niyo mpamvu bugomba gusigasirwa

Mu rwego rwo gutuma bukora neza rero hari ibyo kurya ugomba kwitaho: shokola z’umukara, amafi, utubuto (sesame, ibihwagari, ubunyobwa,..) kimwe n’ibindi bintu byose bikungahaye kuri potassium, calcium n’ibinure bya omega-3.

Uwineza Adeline

 

 

Ibijyanye Nayo Inkuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023
Umwana w’umutegetsi mu Burusiya ushinjwa kwiba ikoranabuhanga ry’intwaro za USA  yacikishijwe n’intasi z’Abarusiya!
Mu mahanga

Umwana w’umutegetsi mu Burusiya ushinjwa kwiba ikoranabuhanga ry’intwaro za USA  yacikishijwe n’intasi z’Abarusiya!

March 24, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.