• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Mu mahanga

Guverineri w’intara ya Kivu y’amajyaruguru yeguriwe urugamba rwo guhashya M23 n’u Rwanda

Na Umuhoza Yves
March 17, 2023
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politics
0
Guverineri w’intara ya Kivu y’amajyaruguru yeguriwe urugamba rwo guhashya M23 n’u Rwanda
261
Yasangijwe
3.3k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Umuyobozi w’intara ya Kivu y’amajyaruguru Lt Gen Costant Ndima yeguriwe urugamba rumaze igihe ruri kubera mu ntara ayobora, nyuma yo kwitana bamwana mu minsi ishize bikarangira inyeshyamba za M23 ziyoboye urugamba kandi batabarusha ibikoresho.

Ibi bibaye nyuma y’ikibazo cyabaye mubuyobozi bw’urugamba ruri kubera mu burasirazuba bwa DRC, kuko buri wese yishyiriragaho amategeko kandi ugomba kuyobora urugamba ari umuyobozi w’iyi ntara yashyizwe mu maboko y’igisirikare mucyiswe Etat de Siége.

Amakuru menshi aturuka muri FARDC anavuga ko uyu muyobozi wa Etat de Siége ariwe waba yarafungishije abasirikare bose bagiye batsindirwa k’urugamba , abashinja kudakora uko bikwiriye.

Mbere y’uko uyu muyobozi ahabwa ishingano zo kuyobora urugamba k’umugaragaro, m’ubuyobozi bw’izi ngabo zari k’urugamba harimo akajagali bikekwa ko ari nabyo byatumye hapfa imbaga itabarika ubwo abarenga 200 bicwaga n’inyeshyamba za M23 murugabano rwa Masisi na Rutchuru.

Uyu muyobozi uhawe kuyobora urugamba rero mu gihe Leta ya Congo yari mu nzira zo gushaka uko yashyikirana n’izi nyeshyamba , bikaba bivuze ko iby’imishyikirano bizaba bihagaze nawe agashyiraho ake, byananirana bagakoresha ubundi buryo.

Ni kenshi bamwe mubayobozi b’iki gihugu bakunze kugaruka k’u Rwanda banifuza ko igisirikare cya Congo cyatera u Rwanda, kirushinja gushyigikira M23. Abantu benshi bakunze kwibaza niba mugihe umwana uhetswe mu mugongo agukuye mu byimbo wamwarira k’umuhetse ngo niwe uri bushobore.

Nyuma y’ibi nk’uko tubikeshya ibaruwa yanditswe n’umugaba mukuru w’ingabo za Congo Lt Gen Tshiwewe Songesa Christian kuwa 15 Werurwe yemeje ko ibirebana n’urugamba ruri kubera mu gace karimo Etat de Siége ruri mu biganza bye, mbese ko ariwe bireba.

Uyu muyobozi kandi  urugamba rushyizwe mu biganza bye mu gihe inyeshyamba za M23 zimaze kwigarurira hafi intara ya Kivu y’amajyaruguru yose, n’ubwo uduce tumwe twari twarafashwe n’izi nyeshyamba zatuvuyemo nk’uko byasabwaga n’imyanzuro ya Luanda mu rwego rwo gushakira amahoro arambye kariya gace.

Lt Gen Costa Ndima ashyikirijwe urugamba mu gihe gikomeye k’uburyo bamwe badatinya kuvuga ko ntakizabuza izi nyeshyamba kwigisha mukeba wabo bahanganye ariwe FArDC

Umuhoza Yves

 

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.