• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Tuesday, May 17, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Amatangazo

Hasohotse amabwiriza agenga ubukwe n’ibirori bibera mu ngo mu ntara

Na dorcas
December 25, 2021
Muri Amatangazo, coronavirus, Imyidagaduro, Nyamukuru
18 0
0
Hasohotse amabwiriza agenga ubukwe n’ibirori bibera mu ngo mu ntara
13
Yasangijwe
263
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yashyizeho amabwiriza avuguruye agenga ibirori bibera mu ngo zo mu Ntara nyuma y’ayashyiriweho umujyi wa Kigali

MINALOC yavuze ko imihango y’ubukwe harimo gusaba, gukwa n’ishyingirwa rikorewe imbere y’ubuyobozi bwa Leta no mu rusengero n’ibindi birori ntibigomba kurenza abantu 75.

Yavuze kandi ko Utegura ibirori byo mu rugo agomba kubimenyesha Gitifu w’akagari mbere y’iminsi 7 ngo bibe hakoreshejwe ikoranabuhanga yaba telefoni, ubutumwa bugufi cyangwa WhatsApp.

Abitabiriye ibyo birori bagomba kuba barakingiwe byuzuye kandi bipimishije amasaha 24 mbere y’ibirori.Basabwe ko bishobotse ibyo birori byabera hanze cyangwa ahagera umwuka.

Gushyiraho uburyo bwo gukaraba intoki n’amazi meza n’isabune cyangwa umuti bakaraba mu ntoki [sanitizer], Gushyiraho umuntu wita ko abashyitsi bari kubahiriza amabwiriza yo kwirinda Covid-19.

Abitabiriye ibirori bagomba kubahiriza amasaha yashyizweho bagomba kuba bari mu ngo zabo.Imihango n’ibirori bibera mu ngo ntibigomba kurenza amasaha 3.

Inzego zibanze n’iz’umutekano zigomba gusuzuma niba ayo mabwiriza agomba gushyirwa mu bikorwa,

Abaturage barasabwa kubahiriza amabwiriza yo kwirinda Covid-19 nta kudohoka.

Uwineza Adeline

Inkuru Iheruka

Afurika y’Epfo irasaba ko cyamunara y’urufunguzo rw’aho Nelson Mandela yafungiwe ihagarikwa

Inkuru Ikurikira

DRC: Abantu 2 barimo umupolisi bapfuye, mu bujura bwabereye mu mujyi wa Bunia

Inkuru Ikurikira
DRC: Abantu 2 barimo umupolisi bapfuye, mu bujura bwabereye mu mujyi wa Bunia

DRC: Abantu 2 barimo umupolisi bapfuye, mu bujura bwabereye mu mujyi wa Bunia

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In