• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Monday, May 16, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

Ifoto y’Umunsi: Perezida Museveni yagaragaye yagiye gusaba amazi yo kunywa mu rugo rw’umuturage

Na Mudahemuka Camille
May 12, 2022
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politike
41 4
0
Ifoto y’Umunsi: Perezida Museveni yagaragaye yagiye gusaba amazi yo kunywa mu rugo rw’umuturage
32
Yasangijwe
637
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Minisitiri w’Intebe wa Uganda Robinah  Nabbanja  yavuze ko Uganda ikeneye perezida  utari umusinzi, ni nyuma y’amafoto yagiye hanze perezida Museveni yagiye gusaba amazi yo kunywa mu rugo rw’umuturage.

Muri ayo mafoto, perezida Yoweri Kaguta Museveni Tibuhaburwa  agaragara yicaye mu rugo rw’umuturage afite inkoni bigaragara ko avuye gusura inka bamwakirije igikombe cy’amazi.

Kuri Nabbanja, umukuru w’igihugu agomba kuba buri gihe intanga rugero mu myanzuro ifatwa, mubihe bikomeye.Yagize ati”Igihugu cyacu gikeneye umuyobozi utari umusinzi amasaha 24.Ntidukeneye kandi ntituzakenera umuyobozi w’umusinzi.”

Minisitiri w’intebe ibyo yabivuze atanga urugero kuri perezida Museveni ubwo yamushimiraga imihigo akomeje kwesa, mu gukemura ibibazo by’abanya-Uganda. Nabbanja agaragaza  Perezida Museveni nk’umuntu ukora ibintu bye neza kandi mugihe gikwiye.

Perezida Museveni we ubwe yivugiye ko yaciye ukubiri n’ibiyobyabwenge kandi akomeje urugamba rwo kwigisha ibibi byo gukoresha ibiyobyabwenge.

Mudahemuka Camille

Inkuru Iheruka

Perezida Ndayishimiye yahishuye ko abagerageje Coup d’état bahungiye mu Rwanda bamusabye imbabazi

Inkuru Ikurikira

Bruce Melodie yerekanye yizihiwe n’umukobwa we wujuje imyaka 7

Inkuru Ikurikira
Bruce Melodie yerekanye yizihiwe n’umukobwa we wujuje imyaka 7

Bruce Melodie yerekanye yizihiwe n’umukobwa we wujuje imyaka 7

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In