• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Wednesday, August 10, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

Imirwano ya M23 na FARDC yatumye uduce 5 tw’i Rutshuru dusigarira aho nta muturage uharangwa

Na Martin
August 3, 2022
Muri Mu mahanga, Nyamukuru
85 7
0
Imirwano ya M23 na FARDC yatumye uduce 5 tw’i Rutshuru dusigarira aho nta muturage uharangwa
66
Yasangijwe
1.3k
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Uduce tugera kuri 5 two muri Teritwari ya Rutshuru twashizemo abaturage bahunga ingo zabo kubera Imirwano yongeye kubura hagati ya M23 na FARDC kuva ejo ku wa Kabiri Tariki ya 2 Kanama 2022.

Utwo duce ni Kabaya, Kanombe, Nkokwe, Rubumba  n’uduce twegereye inkengero  z’umuhanda werekeza Rumangabo nka Katale, Bushenge na Bugomba.

Amakuru aturuka ku mboni ya Rwanda Tribune muri Teritwari ya Rutshuru avuga ko imirwano yatangiye mu gitondo cy’ejo ku wa Kabiri muri Localite ya Kanombe yatumye humvikana urufaya rw’amasasu na za bombe bituma abaturage batuye muri utwo duce bahahamuka bahitamo gukuramo akabo karenge ku bwinshi.

Ikindi ngo ni uko umutwe wa M23 ukomeje gukaza ibirindiro byawo muri utwo duce wongera abarwanyi bawo n’intwaro byatumye abaturage babona ko mu gihe gito kiri imbere hashobora kubera isibaniro.

Ubu utwo duce dusa n’utwambaye ubusa kuko abaturage hafi ya bose bahatuye bahunze ingo zabo kubera intambara ihanganihije umutwe wa M23 n’ingabo za Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo

Claude HATEGEKIMANA
RWANDATRIBUNE.COM

Inkuru Iheruka

M23 yatumye Guverinoma ya Kinshasa isaba ko Gillmann uvugira MONUSCO yirukanwa

Inkuru Ikurikira

RDF na FARDC bakozanyijeho, menya icyabiteye

Inkuru Ikurikira
RDF na FARDC bakozanyijeho, menya icyabiteye

RDF na FARDC bakozanyijeho, menya icyabiteye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In