• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Thursday, May 19, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

Ingabo za Senegali zoherejwe muri Ziguinchor mu gikorwa cyo “kuharindira umutekano”

Na dorcas
November 27, 2021
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politike
8 0
0
Ingabo za Senegali zoherejwe muri Ziguinchor mu gikorwa cyo “kuharindira umutekano”
6
Yasangijwe
121
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Ingabo za Senegali zoherejwe mu karere   ka Ziguinchor  mu gikorwa cyo kuharindira  umutekano,  kuberako aka  karere kamaze igihe   karimo ibibazo by’umutekano muke uterwa n’inyeshyamba zakunze kuhibasira.

Nkuko byatangajwe n’ingabo z’iki gihugu, iki cyemezo  cyafashwe mu rwego rwo kubungabunga umutekano w’ibintu n’abantu  muri Ziguinchor , ibi bikaba biri gukorwa kubufatanye  n’ inzego za leta z’iki gihugu  hamwe  n’ingabo za Senegali kugirango umutekano uboneke muri aka karere.

Izi nzengo  zavuzwe haruguru nizo zafashe iyambere mu kugira uruhare  rwo   kongera  ubushobozi  no guharura inzira mu majyepfo y ‘agace ka Oussouye kugirango umutekano wa Ziguinchor  urusheho kubungabungwa.

Ingabo zagize ziti: “Ni ikibazo ahanini cyo gushyiraho uburyo bunoze bwo gutahuka kw’abaturage  bagasubira aho  bakomoka ndetse no kuvugurura ibikorwa by’ubukungu n’imibereho myiza yabo”. 

Aka gace ka Ziguinchor gaherereye mu majyepfo ya Senegali , kakunze kurangwamo  inyeshyamba zitwaje intwaro hamwe n’umutwe w’ingabo ziharanira demokarasi za Casamance (MFDC) zikagenda zigaba  ibitero ku baturage b’abasivili ndetse no ku bikorwa remezo bya Leta.  

Aya makimbirane yatumye abantu benshi bimukira mu tundi turere dufite umutekano kugira ngo birinde kwibasirwa niyo mitwe y’izo nyeshyamba .

Ingabo zimaze imyaka myinshi zikora ibikorwa byinshi muri aka gace  hagamijwe gukuramo iyo mitwe y’inyeshyamba yitwaje  intwaro , mu rwego rwo kugirango hemezwe itahuka ry’abaturage bo muri ako gace.

M.Louis Marie

Inkuru Iheruka

Iby’Umukecuru w’imyaka 80 ukurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside byakuruye impaka mu rukiko

Inkuru Ikurikira

Uganda: Ikibuga mpuzamahanga cya Entebbe gishobora gufatirwa

Inkuru Ikurikira
Uganda: Ikibuga mpuzamahanga cya Entebbe gishobora gufatirwa

Uganda: Ikibuga mpuzamahanga cya Entebbe gishobora gufatirwa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In