INTAMBARA: Uganda n’u Rwanda byashyizwe mu gatebo kamwe mu gufasha M23

Leta ya Uganda n’iy’u Rwanda zirashyirwa mu majwi amwe yo kuba zombi zifite uruhare mu kongera imbaraga z’umutwe wa M23 umaze kwigarurira igice Kinini cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Inzobere z’Umuryango w’Abibumbye (ONU) zivuga ko igihugu cya Uganda kirimo gufasha inyeshyamba za M23 zirwanira hakurya y’umupaka wayo mu burasirazuba Congo, zikaburira ko aya makuba … Continue reading INTAMBARA: Uganda n’u Rwanda byashyizwe mu gatebo kamwe mu gufasha M23