• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Iyobokamana

Kuba umutinganyi si icyaha- Papa Francis

Na Chief Editor
January 26, 2023
Muri Iyobokamana, Mu mahanga, Nyamukuru
2
Kuba umutinganyi si icyaha- Papa Francis
159
Yasangijwe
2k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Papa Francis ukuriye Kiliziya Gatulika ku Isi, yavuze ko kuba umuntu yaba umutinganyi bidakwiye kuba icyaha ahanirwa n’amategeko nubwo imbere y’Imana ari icyaha.

Yabivuze nyuma yuko bimwe mu Bihugu bikomeje gushyiraho amategeko ahana abaryamana bahuje ibitsina ndetse no kuba mu bindi hakomeje kugaragara ibikorwa byo kubagirira nabi.

Kugeza ubu habarwa ibihugu 67 bifite amategeko ahana abaryamana bahuje ibitsina, muri byo bikaba birimo ibihugu 11 bibahanisha igihano cy’urupfu.

Papa Francis mu kiganiro yagiranye na Associated Press, yagize ati “Kuba umuntu yaba umutinganyi si icyaha gihanwa n’amategeko.”

Avuga ko imbere y’Imana ho ubutinganyi ari icyaha ariko ko Imana itanga ababukora kuko isanzwe ikunda abantu bose ntawe isubije inyuma igendeye ku mibereho ye cyangwa ibyo akora.

Yavuze ko ubutinganyi bushobora guterwa n’amateka umuntu yagiye anyuramo ku buryo umuntu adakwiye kuzira ahahise he wenda aba ataragizemo n’uruhare.

RWANDATRIBUNE.COM

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Ibitekerezo 2

  1. evariste says:
    2 months ago

    Nta kindi uyu yarikuvuga kirenze iki,ariko abiga ijambo ry’Imana bo bazi neza ko nubwo Imana ikunda umunyabyaha ntiyabuze kugaragaza n’iteka umunyabyaha azacirwaho naramuka ataretse ibyaha bye igiteye ubwoba nuko bahanwa bakiri mwisi kandi bakazanarimbuka ku munsi w’imperuka
    Abaroma 1:26 hati: Nicyo cyatumye Imana ibarekera kurarikira ibyonona,ndetse bigeza ubwo abagore babo bakorehsha imibiri yabo uburyo bunyuranye n’ubwo yaremewe.
    27: kandi n’abagabo nuko,bareka kugirira abagore ibyo imibiri yabo yaremewe,bashyushywa no kurarikirana.abagabo bagigirirana n’abandi bagabo ibiteye isoni,bituma mu mibiri yabo bagarurirwa ingaruka mbi ikwiye kuyoba kwabo.
    28:kandi ubwo banze kumenya Imana,nicyo cyatumye Imana ibareka ngo bagire imitima yabaye akahebwe bakora ibidakwiriye…….
    32:nubwo bamenye iteka ry’Imana yuko abakora ibisa bityo bakwiriye gupfa,uretse kubikora ubwabo gusa bashima n’abandi babikora.

    Reply
  2. Mucyo says:
    2 months ago

    Muri icyo gice ku murongo waho wa 22 haravugango,BIYISE ABANYABWENGE BAHINDUKA ABAPFU

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.