• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Mu mahanga

Kuki amahanga iteka avuga ngo Never Again kandi bikongera bikabaho arebera? _ Cyusa Odiango w’I Masisi

Na Umuhoza Yves
February 24, 2023
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politics, Ubucukumbuzi
0
Kuki amahanga iteka avuga ngo Never Again kandi bikongera bikabaho arebera? _ Cyusa Odiango w’I Masisi
219
Yasangijwe
2.7k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma ya Jenoside  zitandukanye zabayeho ku isi  umuryango w’abibumbye wakunze kugaruka ku ijambo rimwe ngo Never Again bivuze ngo Ntibizongere ukundi nyamara nyuma y’igihe ukumva ngo byasubiriye, iki nicyo kibazo uyu mwana Odiango Cyusa uvuka I Masisi yabajije ababyeyi be nyuma yo kubona bameneshwa bazira ko ari abatutsi ariko bakabura uwabatabara.

Nyuma y’ubwicanyi ndenga kamere bwabaye mu mwaka w1894 hakurikiyeho Jenoside yakorewe Abanyarumaniya  (Armenie)  mu mwaka wi 1915. Kuva icyo gihe umuryango mpuza mahanga  ( Leugue of Nation) watangiye kwishyira hamwe ndetse hanajyaho umuryango urengera ikiremwa muntu,batangira gukoresha rya jambo twavuze haruguru ngo” Never Again”.

Nyamara nyuma y’igihe gito cyane hahise hatangira  Jenoside yakorewe Abayahudi yatangiye mu 1933 irangira kuwa 08Gicurasi 1945. Iyi Jenoside yahitanye abagera kuri Miliyoni 6, nyuma bongera kugaruka kuri rya Jambo ngo ntibizasubire imyaka irisunika, ubwicanyi n’intambara birakomeza amahanga, arebera gusa bagahora kuri rya Jambo ngo Ntibizongere ukundi.

N’ubwo byari bimeze gutyo ariko ubwicanyi ndenga kamere bwagiye bugaragara ku isi ndetse no mu Rwanda mu 1959 byarabaye, I Burundi 1973 hakorwa ubwicanyi ndenga kamere amahanga arebera, ntibagira icyo bakora n’ahandi ubwo niko byari bimeze,  nyamara bakomeza kuvuga rya Jambo  ngo”Never Again.”

Ntibyaciriye aho kuko mu mwaka 1994 mu Rwanda habaye Jenoside yakorewe abatutsi, abarenga Miliyoni bakahaburira ubuzima nanone wa muryango w’abibumbye urebera ndetse naya miryango byitwa ko ishinzwe uburenganzira bw’ikiremwa muntu ntacyo yakoze.

Abantu benshi barasakuje, abanyamakuru batandukanye barabyandika nyamara ntihagira igikorwa ngo iyo mbaga yicwaga izira akarengane ibashe gutabarwa.

Cyakora bamwe mubana b’u Rwanda bahisemo guhagarika ubwo bwicanyi bwakorerwaga bene wabo n’ubwo bitari byoroshye n’amahanga yarabatereranye ariko babigeraho n’ubundi amahanga arebera, dore ko hari n’ingabo z’uwo muryango w’abibumbye zari mu Rwanda nyamara byose byabaye barebera.

Ibi nibyo biri kuba mu gihugu uyu Cyusa Odiango avukamo cya Congo aho abaturage bakomeje gutabaza bari kwicwa amahanga arebera, abanyamakuru bagasakuza amahanga akica amatwi, abanya politiki bakavuga iyo miryango igapfuka amatwi nyamara imbaga itabarika irikuburira ubuzima muri kiriya gihugu.

Umuryango w’abibumbye nawo ukorera muri iki gihugu ariko nawo wateye umugongo ikibazo cy’ibiri kubera muri DRC kandi nyuma yabyo uzasanga bari kuvuga ngo Never Again iri jambo ryababereye indirimbo ariko iyo witegereje neza ugasanga ibivugwa ntaho bihuriye n’ibikorwa.

Abatuye DRC byumwihariko abavuga ururimi rw’ikinyarwanda bakomeje kwicwa kuburyo burenze imivugirwe nyamara abo banyapolitiki bo mu bihugu bivuga ko biyoboye isi byirebera inyungu zabo gusa ubuzima bw’abantu buri gutikira

Umuhoza Yves

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.