• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Monday, May 16, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza amateka & umuco

Kuki Impyisi ifatwa nk’umuziro mu bwoko bw’Abanyiginya?

Na dorcas
April 25, 2022
Muri amateka & umuco, Nyamukuru, Ubucukumbuzi
18 0
0
Kuki Impyisi ifatwa nk’umuziro mu bwoko bw’Abanyiginya?
12
Yasangijwe
242
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Ku Ngoma ya Gihanga Umwami wari umuhigi   w’inyamaswa zo mu ishyamba kandi akaba umuhanga rwose  muri uwo  murimo ,yaje gucyura umuhigo w’impyisi  hanyuma uruhu rwayo ruba intandaro y’intambara y’abagore be ndetse bivira mo umwe muribo kubura ubuzima.

Rimwe rero uwo Mwami Gihanga yambika umuhigo maze abahigi be bica inyamaswa yitwa impyisi,  baraza barayibaga uruhu bararubamba .

Ubwo Umwami yavaga k’umuhigo abagore be basimburanaga kubambura uruhu rw’umuhigo, bakarukanamo umwambaro wo kwikinga cyangwa kwitera doreko nta myenda yabagaho.

Nyuma abagaore ba Gihanga uko ari babiri umwe witwa Nyamusasa undi witwa Nyirampirangwe bapfa urwo ruhu rw’impyisi , umwe ati ni njye utahiwe kubambura urwo ruhu undi nawe ati urabeshya ni njye utahiwe kuko uruherutse ni wowe warwenze.

Abo bagore bahera aho baratongana bagera naho barwanira urwo ruhu, maze Nyirarucyaba umukobwa wa Gihanga uvuka k’umugore witwa Nyamusasa atabara nyina yenda urubando rumwe  mubyo  bari babambishije urwo ruhu arukubita mu nda ya Mukase Nyirampirangwe wari ufite  inda nkuru maze ahita amufomoza umwana w’umuhungu ,uwo mugore  ahita apfa, uwo mwana bamufomoje  bamwita Gafomo.

Urwo rupfu rw’umugore wa Gihanga Nyirampiragwe ya Rwamba rwatumye Gihanga ategeka ko hatazagira umwana we n’umwe wambara uruhu rw’impyisi cyangwa ngo arukoreho.

Maze biheraho Abanyiginya bagira inzigo y’ inyamaswa y’impyisi  mu bwoko bwabo  kubera uruhu rwayo rwatumye umugore wa Gihanga  Nyirampirangwe apfa.

Ngiyo inkomoko yatumye iyi nyamaswa y’impyisi  iba  umuziro mu bwoko bw’ABanyiginya.

Ivomo: Inganji Kalinga

Uwineza Adeline

Inkuru Iheruka

France: Perezida Emmanuel Macron yongeye gutorerwa kuyobora Ubufaransa

Inkuru Ikurikira

Nigeria: Abantu 110 bishwe n’umuriro ahacukurwa ibikomoka kuri Peteroli

Inkuru Ikurikira
Nigeria: Abantu 110 bishwe n’umuriro ahacukurwa ibikomoka kuri Peteroli

Nigeria: Abantu 110 bishwe n’umuriro ahacukurwa ibikomoka kuri Peteroli

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In