• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Mu mahanga

Kuki iyo bavuze amasezerano ya Luanda benshi bumva M23?

Na Umuhoza Yves
January 28, 2023
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politike, Umutekano
0
Imirwano ikomeye  yubuye hagati ya M23 na FARDC ifatanyije n’abacancuro b’Abarusiya
156
Yasangijwe
1.9k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

I Luanda muri Angola ni hamwe muho abakuru b’ibihugu bateraniye kugira ngo barebbe ko bakemura ibibazo by’umutekano muke ubarizwa mu burasirazuba bwa Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo, nyamara benshi bakibaza niba iyi myanzuro yararebaga M23 gusa kuko ariyo yonyine.

Kumpamvu y’umutekano wo muburasirazuba bwa DRC ndetse n’akarere muri rusange , abayobozi bo mukarere bakunze guhura ndetse bagashakisha inzira zo gukemura ikibazo kiriho cy’umutekano muke, nyamara imyanzuro yose ishyirwaho Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo iyishyiraho umukono ariko bikarangirira aho.

Uretse I Luanda aba bakuru b’ibihugu kandi bahuriye I Bujumbura mu Burundi nabwo bafata gahunda y’ukuntu byagenda kugira ngo umutekano wongere kugaruka mu karere.

Siho gusa kuko kenshi bahuriye I Nairobi bavuga kuri iki kibazo nyamara bakandika imyanzuro bakanayisinya nyamara nta na rimwe, abategetsi bo muri DRC bigeze batera intambwe ngo binjire mu myanzuro bashyizeho umukono nibura bananirwe ariko bagerageje.

Iyo ugarutse ku myanzuro ya Luanda bavuga mo ibintu byinshi bigomba gukorwa na Guverinoma ya Congo, ndetse n’imitwe yitwaje intwaro ibarizwa muri kariya karere, yaba ikomoka mu mahanga ndetse n’iy’abenegihugu ubwabo.

Usibye umutwe w’inyeshyamba wa M23 watangaje ko watangiye gushyira mubikorwa ibikubiye mu masezerano ya Luanda mu rwego rwo gushakira amahoro arambye uburasirazuba bwa Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo, bakanabigaragaza ubwo barekuraga bimwe mubice bari barigaruriye, bakabishyikiriza ingabo z’Afurika y’iburasirazuba ntawundi mutwe  watangaje ko watangiye gushyira mu bikorwa aya masezerano, cyangwa se ngo Leta ibe yarakoze kimwe mubyo yasabwaga.

Iyi myanzuro yarebaga imitwe y’inyeshyamba itandukanye y’amahanga ibarizwa muri DRC, yanabasabaga gushyira intwaro hasi bagasubira mu bihugu bakomokamo, nyamara iyi mitwe yo yabifashe nk’aho bitayireba, ahubwo imwe muriyo ikomeza ubufatanye bweruye n’ingabo za Leta.

Aha twavuga nk’umutwe w’inyeshyamba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ubu wifashishwa n’ingabo za Leta mu kurwanya inyeshyamba za M23.

umutwe w’inyeshyamba wa FDLR wifashishwa na DRC

Sibo gusa kuko iyi Guverinoma inifashisha imitwe y’inyeshyamba z’imbere mu gihugu mu kurwanya izindi nyeshyamba, benshi bakibaza niba ariko kugarura amahoro bikabayobera.

Iyi Leta nayo yasabwaga byinshi rwose n’ubwo nta nakimwe muri byo cyanageragejwe, ahubwo uko umutima uteye iyo bavuze ko amasezerano ya Luanda atubahirijwe buri wese areba M23 nk’aho aya masezerano ariyo areba yonyine.

Umuhoza Yves

Tags: featured

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.