• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Mu mahanga

Kuki Uburasirazuba bwa DRC bwahindutse indiri y’imitwe y’inyeshyamba?

Na Umuhoza Yves
January 30, 2023
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politike, Ubucukumbuzi
0
Kuki Uburasirazuba bwa DRC bwahindutse indiri y’imitwe y’inyeshyamba?
180
Yasangijwe
2.2k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ni kamwe mu duce twibasiwe n’imitwe y’inyeshyamba yitwaje intwaro ibarizwa muri iki gihugu, aka gace gaherereyemo imitwe irenga 131 ikaba ari nayo nkomoko y’umutekano muke wabaye ikibazo gikomeye muri aka karere.

Iyi mitwe yibanze cyane cyane mu bice bya Kivu zombi, aho usanga imitwe mva mahanga ndetse n’ikomoka imbere mu gihugu yibera mu birombe by’amabuye y’agaciro, abandi bari kubajisha imbaho, abandi bo barimo gutwika amakara.

Utu duce tugaragaramo cyane amashyamba na pariki y’ibirunga aha ni muri Kivu y’amajyaruguru, naho muri kivu y’amajyepfo habonekamo pariki ya Kahuzi – biega n’imisozi miremire ya Minembwe.

Kubera amashyamba abarizwa muri utu duce bituma izi nyeshyamba zihorana ubwihisho igihe cyose kuburyo nabaje kuzihiga ngo bazivane muri utwo duce usanga bibananira kubera iyo mpamvu.

Nk’uko byatangajwe n’umwe mu banyamategeko akaba n’umusesenguzi mu bya Politiki ukomoka muri DRC Nixon Kambale, avuga ko igice kiruta 40% cy’uburasirazuba bwa Congo gisa n’igitegekwa n’inyeshyamba.Akomeza avuga ko ibi biterwa n’intege nke za leta mu guhangana n’imitwe yitwaje intwaro irimo n’ikomoka mu bihugu bituranye na Congo

Omar Kavota, umuhuzabikorwa w’ikigo cy’inyigisho gishinzwe guteza imbere amahoro, demokarasi n’uburenganzira bwa muntu (CEPADHO) avuga ko iyi mitwe irambye muri aka gace kubera ubucukuzi n’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro, gusoresha abaturage no kubashimuta igasaba amafaranga, gusahura no gusarura ibyabo.

Akomeza avuga ko hari n’abantu ndetse n’imiryango itera inkunga y’amafaranga iyo mitwe, indi mitwe yo nka ADF ikura inyungu no mu bucuruzi bwa magendu bwambukiranya imipaka.

Si ibyo gusa kuko kuri ibyo hiyongeraho gucuruza zahabu, imbaho, cacao, gasegereti mbese ikintu cyose cy’umutungo kamere

Bwana Kavota akomeza avuga ko iyi mitwe yagiye ikomera kurushaho ikanashaka abayifasha hirya no hino bigatuma itahava.

Iyi niyo mpamvu aka gace katajya kabona amahoro kubera umutungo kamere ukabarizwamo kandi ukaba ushakishwa nabenshi arinabo batera inkunga iyi mitwe bigatuma idacika.

UWINEZA Adeline

Tags: featured

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.