• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Mu mahanga

Kuva M23 yafata Kitshanga ingendo zihuza Goma n’utundi duce muri Kivu y’Amajyaruguru zabaye ingorabahizi

Na Claude Hategekimana
February 2, 2023
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Umutekano
0
Kuva M23 yafata Kitshanga ingendo zihuza Goma n’utundi duce muri Kivu y’Amajyaruguru zabaye ingorabahizi
506
Yasangijwe
6.3k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’icyumweru kimwe Umutwe wa M23 wambuye FARDC agace ka Kitshanga, kuri ubu abatuye mu mujyi wa Butembo na Beni muri Kivu y’amajyaruguru baratabaza bavuga ko biri kubagiraho ingaruka.

Abatuye mu mujyi wa Butembo, bavuga ko kuva M23 yafata agace ka Kitshanga  ingendo zihuza umujyi wa Goma na Butembo hifashishijwe ibinyabiziga zahagaze.

Aba Banyekongo, bakomeza bavuga ko  agise ya Kitshanga ariyo yakorehwaga  kugirango  babashe gukora ingendo no guhahirana n’ umujyi wa Goma, nyamara ngo kuva M23 yafata aka gace babuze uko bagera mu murwa mukuru w’intara ya Kivu y’amajyarugru (Goma) usanzwe ubafatiye runini.

Jimmy Mulumba umuyobozi w’ikigo gishyinzwe gutwara abantu n’ibintu muri Butembo ,avuga ko abadafite ubushobozi bwo gutega indege, ubu badashobora kuva muri Butembo  cyangwa Beni ngo  bagera mu mujyi wa Goma hifashishijwe ibinyabiziga.

Yagize ati:”bimwe mu bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru birimo n’umujyi wacu wa Butembo na Beni, ubu ntibishobora kugenderana n’Umurwa mukuru w’iyi ntara. Abafite ibibazo by’uburwayi muri Beni na Butembo  bari basanzwe bajya kwivuriza I Goma ,ubu nti bakibasha  kujyayo keretse ufite ubushobozi bwo gutega indege. Ikindi n’uko ubuhahirane hagaiti ya Goma na Butembo ubu busa n’ubudashoboka kuva M23 yafata Kitshanga.”

Yakomeje avuga ko usibye umujyi wa Kitshanga,ifatwa ry’uduce twinshi muri teritwari ya Rutshuru bikozwe na M23 ryatumye habaho imbogamizi mu mikorere yabo bitwe n’uko hari imihanda myinshi itagikoreshwa.

Ati:’’Ubu dusigaye dukorera aho turi ntabwo tukibasha gutarabuka ngo duhahirane n’umujyi wa Goma bitewe n’uko M23 yigaruriye uduce twinshi muri teritwari ya Rutshuru , byatumye imwe mu mihanda twifashishaga ifungwa .

Umutwe wa M23 ,wakunze kuvuga ko utigeze ufunga imihanda mu duce wigaruriye ndetse ko ushaka wese kuhanyuza ibicuruzwa bye nta kibazo na gito ahura nacyo.

M23, ikomeza ishinja Guverinoma ya DRC kuba nyirabayazna w’iki kibazo   kuko ariyo yabujije abaturage gukoresha imihanda iri mu duce M23 yigaruriye, bikaba bikomeje kugira ingaruka zikomeye ku bakora ibikorwa by’ubucuruzi  n’ingendo zisanzwe hagati ya Goma –Butembo-Beni n’ahandi.

Agace ka Kitshanga, ni ingenzi cyane  kuko ariho  hari inzira zinyuzwamo  ibicuruzwa bivuye mu gace ka Masisi y’Amajyaruguru , Rutshuru y’amajyepfo ,iyo hagati  n’iyiburengerazuba bijya mu mujyi wa Goma.

 

 

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.