• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Mu mahanga

M23, inkota ityaye ku gakanu ka FDLR

Na Umuhoza Yves
March 17, 2023
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politics
0
M23, inkota ityaye ku gakanu ka FDLR
335
Yasangijwe
4.2k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Umutwe w’inyeshyamba wa M23 umaze igihe uhanganye na Leta ya Congo mu burasirazuba  bw’iki gihugu, umaze gusa n’aho wabaye inkota ityaye ku gakanu k’inyeshyamba za FDLR ziri kurira ayo kwarika ngo gufatanya na FARDC noneho byayibereye nk’imperuka kuko ababo bari gupfa umusubizo.

Uyu mutwe wa M23 ushinja FDLR kubiba urwango mu baturage b’abanye congo , ugashinjwa no gukora ubwicanyi mu baturage  batuye Masisi  na Rutchuru.

Izi nyeshyamba za FDLR kandi zishinjwa na M23 kwigarurira imitungo y’abanye Congo bo ubwabo ndetse binanyuze mu maboko y’indi mitwe y’inyeshyamba yashinzwe na FDLR irimo nka Mai mai Nyatura umutwe wanazengereje abaturage bo mu gace ka Masisi ubu nawo ukaba uri gufatanya n’ingabo za Leta FARDC.

Inshuro nyinshi izi nyeshyamba za FDLR zakunze kugaba ibitero kunyeshyamba za M23, ibintu byanabarakaje bagatangira kuvuga ko bo barwanira uburenganzira bwabo kandi mu gihugu cyabo, ndetse bakanihangiriza FDLR ngo ireke kwivanga mu bibazo by’Abanye Congo.

Ibyo nibyo byabaye kandi inkomoko y’umujinya M23 yagize igatangira kubwira FDLR ko irebye nabi nayo ishobora guhinduka umuhigo muyindi , kuko yihinduye umuhigi aho yakabaye yaka icumbi, bityo bamwe mu bagize umutwe wa M23 bakemeza ko FDLR isa n’iyamaze kwifatiraho inkota ku ijosi kuva igihe yihaye kurwanya Abanye congo ibereye mu mitungo.

FDLR n’abayikomoka ho bose barimo Mai mai Nyatura, Abazungu, APCLS NDC Nduma hamwe n’abandi ubu bari gufatanya na FARDC guhangana n’izi nyeshyamba za M23.  Gusa n’ubwo aba bose baba bakoraniye kurwanya M23 ntibabuza gutsindwa no gushirira k’urugamba.

Umwe mubagize inyeshyamba za FDLR waganiriye n’umunyamakuru wa Rwandatribune yamubwiye ko abasirikare babo bamaze gushirira k’urugamba n’ubwo FARDC iba ibabwira ko izabafasha gutaha, we abona abenshi bazaba barashize.

Yongeye ho ko n’ubwo bahanganye na FARDC, FDLR nayo igomba kuvanwa mu nzira kuko yo yagaragaje ko idakeneye ubuhungiro, ahubwo icyo yiyemeje ari ugihiga abenegihugu no kubanyaga ibyabo.

Ibi babitangaje nyuma y’uko humvikanye inkuru ko uyu mutwe w’inyeshyamba wa FDLR wagiriwe inama yo gukoranyiriza hamwe impunzi z’abanyarwanda kugira ngo bongere bakore inkambi nibura babe ariho baronkera ubufasha.

Umutwe w’inyeshyamba wa FDLR wakomotse mu Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ukaba ugizwena bamwe mubasize bahekuye u Rwanda ndetse bakaba bashinjwa gukomereza ingengabitekerezo y’ubwicanyi mu buhungiro.

Umuhoza Yves

 

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.