• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Wednesday, August 10, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

M23 yatumye Guverinoma ya Kinshasa isaba ko Gillmann uvugira MONUSCO yirukanwa

Na Ildephonse Dusabe
August 3, 2022
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Umutekano
80 2
0
M23 yatumye Guverinoma ya Kinshasa isaba ko Gillmann uvugira MONUSCO yirukanwa
59
Yasangijwe
1.2k
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Christophe Lundula yasabye ko Mathias Gillmann uvugira MONUSCO yirukanwa nyuma y’amagambo aherutse gutangaza kuri Guverinoma ya Kinshasa.

Mu kiganiro Minisitiri Lutundula  yagiranye na AFP kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Kanama 2022 , yasabye Umuryango w’Abibumbye ko wavana ku butaka bw’igihugu cye Umuvugizi w’Ubutumwa bw’umuryango w’Abibumbye muri iki gihugu, Mathias Gillmann.

Yagize ati:” Guverinoma izashima cyane , mu gihe kuvana Mathias Gillmann ku butaka bwacubyihutishijwe”

Minisitiri Lutundula avuga ko kugira abayobozi ba MONUSCO bameze nka Gillmann ntaho byageza ubufatanye inzego zombi zikenewe. Ati:”Kugira abayobozi nk’uyu ntabwo umubano n’ubufatanye bugambiriwe bwazigera bugerwaho hagati ya RD Congo na MONUSCO.”

Mathias Gillmann arasabirwa kwirukanwa nyuma yo gutangaza amagambo yafashwe nko gusebya Guverinoma ya RD Congo.Mu kiganiro yagiranye na Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa RFI, Gillmann yavuze ko MONUSCO n’Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nta mbaraga bafite zo kurwanya umutwe wa M23.

Kuva kuwa 25 Kanama 2022, muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hatangiye imyigaragambyo yamagana MONUSCO bashinja kurangara no gutererana abaturage bicwa umusubizo n’inyeshyamba zikorera mu burasirazuba bw’iki gihugu.

Iyi myigaragambyo yabereye mu bice bitandukanye bya Kivu zombi, nka Butembo, Goma Kanyabaonga, Uvira n’ahandi.

Muri iyi myigaragamby, Leta ya Congo yemeza ko abantu 28 bayiburiyemo ubuzima, muri bo harimo n’abakozi ba UN 3 bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro(MONUSCO)

Inkuru Iheruka

Ihurizo ryuzuyemo amakorosi: FDLR izabasha gufasha FARDC guhagarika umuvuduko wa M23?

Inkuru Ikurikira

Imirwano ya M23 na FARDC yatumye uduce 5 tw’i Rutshuru dusigarira aho nta muturage uharangwa

Inkuru Ikurikira
Imirwano ya M23 na FARDC yatumye uduce 5 tw’i Rutshuru dusigarira aho nta muturage uharangwa

Imirwano ya M23 na FARDC yatumye uduce 5 tw’i Rutshuru dusigarira aho nta muturage uharangwa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In