• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Monday, May 16, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Nyamukuru

Minisitiri Biruta yabonanye na Perezida Samia Suluhu wa Tanzania

Na Ildephonse Dusabe
May 13, 2022
Muri Nyamukuru, Politike
7 0
0
Minisitiri Biruta yabonanye na Perezida Samia Suluhu wa Tanzania
5
Yasangijwe
99
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta uri mu ruzinduko rw’akazi muri Tanzania, yabonanye na Samia Suluhu Hassan uyobora iki gihugu anamushyikiriza ubutumwa yahawe na Perezida Paul Kagame.

Image
Minisitiri Biruta yakiriwe na Perezida Hassan Samia mu biro bye

Urubuga rwa Twitter rwa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda buvuga ko, Dr Biruta Vincent ari muri  Tanzania nk’intumwa idasanzwe ya Perezida Kagame.

Image
Dr Biruta aganira na Perezida Samia Suluhu

U Rwanda na Tanzania bamaze igihe bafitanye umubano ushingiye ku migenderanire n’imishinga migari ibihugu byombi biri mu karere ka Afurika y’Ibirasirazuba bihuriyeho.

Tanzania n’u Rwanda bihuriye ku minshinga 2 migari, harimo uw’Urugomero rwa Rusumo n’umushinga wo kubaka Umuyoboro wa Gariyamoshi uhuza ibihugu byombi.

Kuva Samia Suluhu Hassan yajya ku butegetsi, Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rumwe muri iki gihugu, hari tariki ya 8 Ukuboza 2021 ubwo iki gihugu cyizihizaga umunsi cyaboneyeho ubwigenge cyigobotora Ubukoloni bw’Abongereza. Ni uruzinduko rwaje rukurikira urwo Perezida Samia Suluhu yari yagiriye i Kigali mu Rwanda muri Kanama 2021.

Image

Inkuru Iheruka

Spain: Abagore baribwa n’imihango leta yabashyize igorora

Inkuru Ikurikira

Elon Musk yabaye asubitse kugura Twitter, menya icyabimuteye

Inkuru Ikurikira
Elon Musk yabaye asubitse kugura Twitter, menya icyabimuteye

Elon Musk yabaye asubitse kugura Twitter, menya icyabimuteye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In