• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Thursday, May 19, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Iyobokamana

Mu mafoto: Kiliziya Gatolika mu Budage yasuzuguye iteka rya Papa Francis isezeranya abatinganyi

Na Ildephonse Dusabe
May 12, 2021
Muri Iyobokamana, Mu mahanga, Nyamukuru, Udushya
27 2
0
Mu mafoto: Kiliziya Gatolika mu Budage yasuzuguye iteka rya Papa Francis isezeranya abatinganyi
21
Yasangijwe
412
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa 10 Gicurasi 2021 abapadiri ba Kiliziya gatolika mu Budage bavuguruje iteka rya Papa riherutse aho yagaragazaga ko Kiliziya Gatolika idashobora guha na rimwe umugisha icyaha nk’uko kandi Imana itigeze ndetse itazigera ibikora. Ibi yabihamije ubwo yavugaga ku butinganyi.

Padiri yasezeranyije abatinganyi
Ifoto igaragaza umupadiri asezeranya abatinganyi mu Kiliziya

Nti ibidasanzwe kubona abapadiri barenga umwe barenze ku iteka rya kiliziya mu gihe kimwe by’umwihariko ryemejwe n’ubuyobozi bukuru bwa Vatican. Iki gikorwa cyakoze ku mitima ya miliyoni na za miliyoni z’abatinganyi, cyakojeje isoni ubuyobozi bwa kiliziya gatolika kugeza ubu butaragira icyo butangaza, ikindi ni uko iki gikorwa kiri ku rwego ndengakamere mu bijyanye n’imiyoborere rusange ya kiliziya bishobora no kurema abatari bacye biyomora by’iteka kuri kiliziya.

The New York Times dukesha iyi nkuru ivuga ko kugirango aba bapadiri ba kiliziya Gatolika bashyingire abaryamana bahuje ibitsina babanje kwaka inyandiko zibeyemera mu bakirisitu babo biciye mu nyandiko zisinyweho ( Petition) zigera ku 2,650. Iri shyingirwa ridahawe umugisha na Roma ryabereye mu ma kiliziya asaga ijana (100) hirya no hino mu Budage.

Abakurikiranira hafi iby’imivukire y”amadini mashya bemeza ko iki gikorwa cyakozwe n’abapadiri bo mu budage gishobora kubyara ukwigumura gukomeye muri Kiliziya Gatolika aho hashobora kuvukamo igice cyemerera abatinganyi gushyingiranawa n’ikitabemera .

Umupadiri w’umujezuwite umwe mu bashyigikiye kandi wanasezeranije abahuje ibitsina yitwa Jan Korditschke

A blessing service on Sunday for same-sex couples at the Catholic Church of Christ Resurrection in Cologne, Germany.
Umwanzuro wo gushyingira abatinganyi ukimara gufatwa, abenshi muri bo baramukiye mu misa yo gushimira Imana muri Kiliziya zitandukanye

Inkuru Iheruka

Sumbiri Emile arasaba CNLG kumurenganura kubera ubutaka bwe bwatejwe cyamunara atabizi

Inkuru Ikurikira

Intara y’Iburengerazuba ikomeje kwibasirwa n’ibiza byangiza ibikorwa remezo

Inkuru Ikurikira
Intara y’Iburengerazuba ikomeje kwibasirwa n’ibiza byangiza ibikorwa remezo

Intara y’Iburengerazuba ikomeje kwibasirwa n’ibiza byangiza ibikorwa remezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In