• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Mu mahanga

Mu mujinya mwinshi Tshisekedi yahase ibibazo Umujenerali wa FARDC icyatumye M23 ibamurura i Kitshanga

Na Chief Editor
January 28, 2023
Muri Mu mahanga, Nyamukuru
6
AMAFOTO: M23 yerekanye ibikoresho yambuye FARDC birimo intwaro zikiri nshya zigifunitse
161
Yasangijwe
2k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahamagaye kuri Telefone General Muhabo uyoboye ingabo za FARDC mu gace kegereye Kitshanga, uko byagenze ngo umutwe wa M23 ubatsinde ubambure umujyi wa Kitshanga.

Ni ikiganiro Tshisekedi yagiranye na General Mugabo kuri uyu wa Gatanu tariki 27 Mutarama 2023, nyuma y’umunsi umwe gusa M23 ikubise inshuro FARDC ikayambura umujyi wa Kitshanga.

Muri iki kiganiro Perezida Tshisekedi yagiranye na Gen Mugabo uyoboye urugamba muri Masisi, yakoresheje imvugo iremereye cyane yumvikanamo umujinya ufitwe na Tshisekedi uburyo M23 ikomeje gutsinda FARDC.

Tshisekedi yabasaga Gen Mugabo icyabuze kugira ngo batsindwe uru rugamba, akamusubiza amubwira ko babuze ubutabazi ndetse n’ibikoresho bikababana iyanga birimo imbunda ndetse n’amasasu.

Gen Mugabo kandi yagejeje kuri Tshisekedi ibibazo biri mu basirikare bari kuri uru rugamba, amubwira ko bafite inzara nyinshi kuko batabona icyo kurya no kunywa, yewe ngo ni ubutabazi buhabwa inkomere ziba zakomerekeye ku rugamba.

Muri iki kiganiro cyakorerwaga mu ilingara, Tshisekedi yabazaga Gen Mugabo iby’amashusho yabonye arimo ayabanje kugaragaza uyu mujenerali ari muri uriya Mujyi wa Kitshanga ndetse n’andi yaje kugaragara wamaze kwinjirwano n’abarwanyi ba M23.

Tshisekedi aramubaza ati “none uyu mujyi mwavuyemo”, Gen Mugabo amusubiza agira ati “Yego rwose nyakubahwa twawuvuyemo.”

Tshisekedi yasabye Gen Mugabo ko bagomba gukora ibishoboka byose bakisubiza umujyi wa Kitshanga byanga byakunda.

RWANDATRIBUNE.COM

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Ibitekerezo 6

  1. Kaka says:
    2 months ago

    Ariko se Bitama kisekede arinda kubwejagura abaza ubusa yakwigiriyeyo ko bitanagorana kumuhusha nuriya mutwe ungana n’uw’intare niriya nda nkiya Ngunda umukwe wa Mirenge ku ntenyo. Arabura kubaza fdlr akabaza fardc ngo kuki yatsinzwe?

    Reply
  2. King says:
    2 months ago

    Hhhhhhh Cyabitama ni igicucu kabisa. Wa girango kiriya gitwe kiba cyuzuye amazi gusa.

    Reply
  3. Patriot says:
    2 months ago

    Ongeraho ko yasabaga na numero za telephone za OMEGA FDLR, Bana nzambe byabakomeranye.

    Reply
  4. Kadogo says:
    2 months ago

    Gen Mugabo rero yakoze ikosa atangaza ikiganiro yagiranye numukuru wigihugu.nizere ko ari Tschisekedi wanyikoreye kuko mugabo we yaba agiye guhura n itabu!

    Reply
  5. Kabaka says:
    2 months ago

    Umuperezida w’ikigoryi ari aha! arabura gusaba umusada RDF akawusa fdlr yarangiza akarota ko azatsinda uru rugamba? uyu we azicwa n’abasirikare be akomeje kwicisha mu nyungu z’abanyaburayi.

    Reply
  6. Man says:
    2 months ago

    Yanabajije impamvu bataka inzara knd hari inka Aho hafi yibaza niba bataziryaho bakazishyura nyuma.
    Ibaze pe

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.