• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Nyamukuru

Mukankiko akoreye mu nganzo Padiri Nahimana amutuka mu buryo bwa gishumba

Na Chief Editor
July 25, 2022
Muri Nyamukuru, Politike
0
Mukankiko akoreye mu nganzo Padiri Nahimana amutuka mu buryo bwa gishumba
236
Yasangijwe
2.9k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Mukankiko Sylvie wiyita ‘Mukankiko w’umutabazi’ yihananangirije Padiri Nahimana Thomas wamwise inkoko y’igishushwe n’inkunguzi, amubwirako we na Guverinom ye iba mu buhungiro agiye kujya abavugiriza induru aho banyuze hose.

Ni nyuma yaho Padiri Nahima afatanyije na Mwemayire Anitha, n’abandi babarizwa muri Guverinoma ya Padiri Nahimana bakoze ikiganiro cyari kigamije gusesengura amateka y’u Rwanda barangiza bakanakinengeramo Mukankiko bavuga ko yiciraguraho ndetse ko ari inkoko y’igishushwe ngo kuko anenga ibiganiro byabo ndetse akaba atemera n’uko basobanuye ayo amateka.

Mukankiko avuga ko amateka yasobanuwe na Padiri Nahimana Thomas na Mwemayire ari amateka yo kubeshya ngo kuko bafashe inyandiko z’umuhanzi Sebusambe yanditse asa n’uzimiza barangiza bakazisobanura uko bishakiye ngo ni yo mateka yaranze u Rwanda.

Yongeyeho ko atemeranya na Padiri Nahima wiyita Perezida wa Guverinomana iri mu buhungiro ngo kuko nta hantu hazwi yarahiriye ndetse ko nta munyarwanda wamutoye.

Ibi byose ngo Padiri Nahimana akaba abikora agamije kwibonera amafaranga bityo ko we n’abo bafatanyije ari ibisambo n’abasazi cyane cyane ko azi amabanga yabo kuko bigeze gukorana bya hafi.

Yagize ati “Ubu rero ngo muragiye Abanyarwanda. Wasinye he ko uri Perezida w’Abanyarwanda? Iyo umuntu abaye Perezida arabirahirira akanabisinyira. Muragiye ibisambo n’abasazi gusa.  Uzatwereke aho wasinye ko uri Perezida. Niba mwarabuze ibyo mukora mufate inzira muge guheha abakecuru nako ni akazi gatanga amafaranga hano i Burayi, ubundi mureke kwirirwa mwiba.”

Yakomeje agira ati “Nahimana uri umujura ngiye kujya ngushyira hanze mvuge n’ukuntu wariye amafaranga ya Musabyimana uvuga ngo ugiye mu Rwanda byose ndabisobanura. Ayo wariye yose n’ayo wagiye untangisha mu bintu byose, nzajya mbivuga. Mfite ibimenyetso. Ndagufite mu biganza byange. Abavuga ngo ndakwanga sibyo, ahubwo nanga amafuti yawe. Ubu wowe na guverinoma yawe ngiye kujya mbavugiriza induru.”

Mukankiko Sylvie yahoze akorana na Padiri Nahimana Thomas mu Ishyaka “Amahoro People Congress” ribarizwa muri opozisiyo  ndetse akaba yaranabaye na Minisitiri muri guverinoma ye.

Bose bahuriye ku gusebya no guharabika ubutegeti bw’u Rwanda ariko baje gushwana ubu bakaba basigaye barebana ay’ingwe ari nako bakomeza guterana amagambo no gutukana babinyujije ku ma Channels yabo.

Claude HATEGEKIMANA
RWANDATRIBUNE.COM

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.