• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Nyamukuru

MUSANZE: Mushimiyimana Josiane yakorewe agashya

Na Umuhoza Yves
January 8, 2023
Muri Nyamukuru, Ubuzima
0
MUSANZE:  Mushimiyimana Josiane yakorewe agashya
154
Yasangijwe
1.9k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Umuryango wa FPR Inkotanyi ubwo wizihizaga imyaka isaga 35 umaze ubayeho, wanakoze igikorwa cy’urukundo cyo kuremera umuturage witwa MUSHIMIYIMANA Josiane  wari umaze igihe kinini aburara ndetse atanabasha guhahira urubyaro rwe.

Muri uyu muhango abanyamuryango ba FPR Inkotanyi batandukanye bakoze ubufasha bwimbitse bwo kuba baba hafi ya mujyenzi wabo waburaga ibyo kurya bitewe no kutagira aho kuba ndetse no kutagira ibyo yarya.

Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi babashije gufasha uyu MUSHIMIYIMANA Josiane bose bari baturutse mu mudugudu wa Bukane mu Kagari kitwa Cyabagarura yo mu Murenge wa Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru. Ubu magingo aya uyu MUSHIMIYIMANA Josiane arabyinira kurukoma abikesha umuryango wa FPR Inkotanyi yabashije kumuremera bitewe nuko yirirwaga asabiriza muri aka Karere.

Umuturage witwa NKUNDIMANA Modetse nawe utuye mu mudugudu wa Bukane ho mu Kagari ka Cyabagarura mu Murenge wa Musanze avuga ko, uyu MUSHIMIYIMANA Josiane ibyo yakorewe byamunyuze umutima.

Yagize ati: ‘’ MUSHIMIYIMANA Josiane nahoraga mpura nawe asabiriza umunsi ku wundi nkumva agahinda karanyishe ariko kuba umuryango wa FPR Inkotanyi umubaye hafi ukamuremera ibyo kurya bitandukanye byinshi ko bizatuma amara igihe kinini adasubira gusabiriza’’.

Undi muturage witwa NDAYAMBAJE Jean Claude utuye nawe mu Kagari ka Cyabagarura, yatangarije itangazamakuru ko uyu mubyeyi waremewe ko ahora amusengera ngo arebe ko yazabona abakomeza kumuba hafi.

Yagize ati: ‘’Bitewe nuko nta mugabo agira, akanabasha kumutera inda bigatuma yibana we n’umwana we.Yakomeje avuga ko nawe ubwe ko yamusabira ubuvugizi kugira ngo uwamuteye inda abe yakurikiranwa bitewe nuko yatumye uyu MUSHIMIYIMANA Josiane ahura n’ibibazo bitandukanye byatewe nuwamuteye inda ituma yirirwa asabiriza kugira ngo arebe ko we n’umwana we babasha kubona ibyo kurya’’.

Gitifu uyobora akagari ka Cyabagarura witwa NIYOYITA Ally, yavuze ko aba arajwe ishinga yo kumenya umuturage ayobora waba afite ikibazo icyo aricyo cyose kugira ngo atazabazwa iby’abaturage be bababaye agasanga atabizi.

Yagize ati: ‘’Njyewe nk’umuyobozi uyobora akagari ka Cyabagarura, Nkunda cyane cyane kumenya umuturage ufite ikibazo nkabasha kugira uko mufasha bitewe nuko mba ngira ngo itangazamakuru ritazabimbaza ngasanga ntabizi kandi burya nkomeza kugira uko nshoboye kose nkabageraho kandi nkanagira icyo mbafasha’’

Yakomeje agira ati:’’ Gusa sinabasha kumenya bose bababaye, ariko uwo menye wese ngira icyo mufasha uko mbifitiye ubushobozi kandi benshi ndacyakomeza kubashishikariza gukomeza kugana umuryango wa FPR Inkotanyi’’.

Muhire waje ari intumwa ya FPR Inkotanyi mu Karere ka Musanze nawe yashimiye abitabiriye uyu muhango bitewe n’ubwitabire yahasanze kubera ko bari babukereye ku bwinshi.

Yagize ati:’’ Icyambere ndashimira mwe mwese mwaje mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 35 umuryango FPR Inkotanyi ubayeho. Akomeza avuga ko abashimiye abikuye kumutima kandi ko anakomeza gusaba buri wese kujya gushishikariza mugenzi we kuza mu muryango wa FPR Inkotanyi’’.

Bityo tugakomeza kwiyubakira igihugu cyacu mu mahoro kandi dukomeza gukora ibikorwa by’urukundo,  bizatuma igihugu cyacu gikomeza kuba indashyikirwa.

Uwineza Adeline

 

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.