• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Mu mahanga

Ntabwo dushira amakenga M23-Sosiyete Sivile ivuga ku gusubira inyuma kwa M23

Na Claude Hategekimana
March 17, 2023
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Umutekano
0
Ntabwo dushira amakenga M23-Sosiyete Sivile ivuga ku gusubira inyuma kwa M23
407
Yasangijwe
5.1k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Abanye Congo baherereye mu duce M23 iheruka kurekura , bavuga ko batewe amakenga n’igikorwa cya M23 cyo gusubira inyuma iva mu bice yigaruriye muri teritwari ya Masisi kandi itigize itsindwa urugamba.

Aganira n’ikinyamakuru cy’Abafaransa AFP ,Alphonse Habimana Perezida wa Sosiyete Sivile yo muri Localite ya Mweso ,yavuze ko batewe amakenga no gusubira inyuma kwa M23 nta mirwano ibayeho.

Yakomeje avuga ko akomeza muri ako gace ka Mweso batuyemo, umutwe wa M23 wamaze kukavamo ubu ukaba ukambitse mu birometero 3 gusa hafi ya Mweso.

Jean Caude Bambaze Perezida wa Sosiyete Sivile yo muri Rutshuru, nawe yunzemo avuga ko M23 iri kujijisha, ahubwo ko hari ibindi bitero ishobora kuba iri gutegura mu minsi iri imbere.

Jean Claude Bambaze, yakomeje avuga ko M23 yakoze iki gikorwa mu rwego rwo kuruhura abarwanyi bayo bari bananiwe kubera imirwano bari bamazemo iminsi no gushaka abandi barwanyi bashya, kugirango ibone uko itegura ibindi bikomeye mu minsi iri imbere.

Ati:’’ Gusubira inyuma kwa M23 ni amayeri agamije kuyobya uburari. Ni ugusubira inyuma kudasobanutse. Bisa nkaho abarwanyi ba M23 bari bananiwe kubera imirwano bari bamazemo iminsi, noneho bigira inama yo gusubira inyuma kugirango bongere kwikusanya no kongera umubare w’Abarwanyi babo, mu rwego rwo gutegura ibindi bitero bishobora gusiga uyu mutwe wigaruriye ibindi bice byinshi.”

Umutwe wa M23, uheruka kuva mu tundi duce tugera kuri dutandatu muri teritwari ya Masisi mu rwego rwo kubahiriza imyanzuro ya Luanda na Nairobi ,igamije guhoshya amakimbirane no kugarura amahoro n’umutekano mu burasirazuba bwa DRC.

N’ubwo FARDC yabanje  kugorana no gushyiraho amananiza ishaka kujyana n’ingabo za EAC mu duce M23 yarukuye, kuva ejo kuwa 15 Werurwe 2023  ingabo z’u Burundi zatangiye kujya muri utwo duce kubungabunga umutekano w’Abaturage, nk’uko biteganywa n’imyanzuro y’Abakuru b’ibihugu byo muKarere yafatiwe mu biganiro by’i Luanda muri Angoa n’i Nairobi muri Kenya.

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.