• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Monday, May 16, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Imyidagaduro

Nyamirambo: Akabari kagezweho kafashwe n’inkongi y’amayobera

Na Martin
May 13, 2022
Muri Imyidagaduro, Nyamukuru
6 0
0
Nyamirambo: Akabari kagezweho kafashwe n’inkongi y’amayobera
5
Yasangijwe
91
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Akabari kamwe gaherereye i Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, kafashwe n’inkongi y’umuriro yatewe n’ikitaramenyekana.

Aka kabari kitwa Bauhaus, ni kamwe mu tubari tugezweho mu Mujyi wa Kigali by’umwihariko i Nyamirambo ahasanzwe hazwiho abanyabirori.

Bauhaus kandi ni akabari kamaze kubaka izina cyane kubera ibitaramo by’ijoro bihabera bizwi nk’Igisope aho benshi mu batuye mu mujyi wa Kigali bakaziho uyu mwihariko.

Aka kabari kafashwe n’inkongi ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 12 Gicurasi 2022 ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba.

Abari hafi y’aka kabari, bavuze ko babonye umuriro uturuka mu gisenge cy’inzu ikoreramo aka kabasi, mu kanya gato umuriro ugasakara mu nzu yose aho wahise unazamuka ari mwinshi.

Ishami rya Polisi rishinzwe kuzimya inkongi, ryihutiye kuhagera rinazimya uyu muriro utarakwira henshi ndetse utarafata izindi nyubako zegereye aka kabari.

RWANDATRIBUNE.COM

Inkuru Iheruka

Lt Gen Kainerugaba yakiriye Gen Nyakarundi wa RDF n’itsinda ayoboye

Inkuru Ikurikira

DRC: USA yatanze umuburo ko hashobora kuba ibitero by’iterabwoba muri Kivu ya Ruguru

Inkuru Ikurikira
DRC: USA yatanze umuburo ko hashobora kuba ibitero by’iterabwoba muri Kivu ya Ruguru

DRC: USA yatanze umuburo ko hashobora kuba ibitero by’iterabwoba muri Kivu ya Ruguru

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In