• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Mu mahanga

ONU yahamagariye u Rwanda na Congo kugirana ibiganiro bakiyunga

Na Umuhoza Yves
January 27, 2023
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politike, Umutekano
0
ONU yahamagariye u Rwanda na Congo kugirana ibiganiro bakiyunga
153
Yasangijwe
1.9k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Intumwa idasanzwe y’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye mu karere k’ibiyaga bigari, Huang Xia, yahamagariye  Leta y’u Rwanda na Leta ya Congo kugirana ibiganiro bigamije guhosha amakimbirane, ibi bihugu bifitanye bakiyunga hakiri kare .

Ibi uyu mu Dipolomate yabihamagariye ibihugu byombi kuri uyu wa 26 Mutarama, nyuma y’igihe gito indege y’igisirikare cya Congo yinjiye mu kirere cy’u Rwanda ku nshuro ya gatatu, ariko igahita iraswaho mbere y’uko isubira iwabo mueri Congo.

Nyuma y’uko iyi ndege irasiwe mu Rwanda, Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo yasohoye itangazo ivuga ko u Rwanda rwabiyengejeho, rugaba igitero ku ndege yabo ya Gisirikare kandi bahakana ko indege yabo yaba yinjiye mu kirere cy’u Rwanda.

Umuvugizi wa Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo kandi yaje gutangaza ko ikibazo kitari ukurasa indege ahubwo ikigoye ari ukuyirasa wirengagije ko ishobora kugwa kubasivile.

Iyi ndege yari yinjiye mu kirere cy’u Rwanda ku nshuro ya Gatatu mu karere ka Rubavu, dore ko ku nshuro ya mbere bwo yanaguye ku kibuga cy’indege cya Rubavu hanyuma igahaguruka yerekeza mu gihugu cyabo. Iyi ndege yaje kuwa 07 Ugushyingo 2022 nyuma yaho Leta y’u Rwanda basohoye itangazo banamenyesha Congo ko kuba indege yabo y’intambara yavogereye ikirere cy’u Rwanda ari ubushotoranyi.

Kunshuro ya kabiri kuwa 28 Ukuboza iyi ndege ya Sukhoi 25 yongeye kuvogera ikirere cy’u Rwanda nabwo bivugwaho ariko ntihagira icyemezo na kimwe cya Gisirikare gifatwa.

Ku nshuro ya gatatu nibwo iyi ndege  bahise bayirasaho, nyuma y’ibi, Huang Xia yagaragaje ko ahangayikishijwe cyane na raporo z’ibyabaye birimo indege ya gisirikare ya FARDC yo kuwa 24 Mutarama mu Rwanda n’ibindi byagiye bivugwa.

Uyu mugabo kandi yasabye ko hakorwa iperereza ryimbitse kuri iyo ndege ariko bagashyira imbere ibiganiro bigamije amahoro no gukemura ibibazo biri hagati y’ibihugu byombi.

Umuhoza Yves

Tags: featured

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.