• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Iyobokamana

Papa Francis yarangije urugendo rwe rwa gishumba kuri uyu wa gatanu muri DRC

Na Adeline Uwineza
February 3, 2023
Muri Iyobokamana
0
Papa Francis yarangije urugendo rwe rwa gishumba kuri uyu wa gatanu muri DRC
432
Yasangijwe
5.4k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Papa Francis wageze i Kinshasa ku wa kabiri Mutarama 31, arangiza urugendo rwe rw’intumwa kuri uyu wa gatanu tariki ya 3 Gashyantare. Ariko mbere gato, y’uko ahaguruka arahura n’abepiskopi ba congo ku cyicaro gikuru cya CENCO.

Nyuma y’uko asoje icyo kiganiro n’abepiskopi, arahita yerekeza i Juba, umurwa mukuru wa Sudani y’Amajyepfo, urugendo arakora ari kumwe na Arkiyepiskopi wa Canterbury hamwe na Moderator w’Inteko rusange y’Itorero rya Scotland. Umuhango wo kugenda urategurirwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ndjili.

Mu bikorwa bye bitandukanye, yasubije ibibazo by’Abanyecongo bisaba ko amahoro yagaruka muri RDC.

Mu ijambo rye rya mbere, ku wa 31 Mutarama muri Palais de la Nation yaganiriye n’abanyapolitiki, imitwe ya dipolomasi ndetse n’abagize sosiyete sivile, aho yamaganye itsembabwoko ry’abaturage bo mu burasirazuba bwa DRC,by’umwihariko abavuga ururimi rw’ikinyarwanda.

Yasabye ko hajyahouburyo bwiza bugamije kwimakaza umuco w’ amahoro n’ubwiyunge muri RDC.

Yahamagariye Abanyecongo guharanira kurengera icyubahiro cya muntu ndetse no kumuha agaciro akwiriye kuko aremye mu ishusho y’Imana.

Papa Fransisiko yakoresheje imvugo kura amaboko yawe muri DRC, kura amaboko yawe muri Afurika, agamije kubwira abanyaburayi ko Afurika ikeneye kwigenga kandi ko Afurika itari akarima, cyangwa se ikirombe cy’abanyaburayi ngo bayikoreshe uko bishakiye.

Muri misa yizihizwaga ku wa 1 Gashyantare kuri esplanade y’ikibuga cy’indege cya Ndolo, pontiff wigenga yabwiye abakristu kurambura amaboko bakakira imbabazi z’Imana.

Yakomeje yamagana ihohoterwa , ubwicanyi, gufata ku ngufu, gusenya no kwigarurira uduce tumwe na tumwe no gusahura imirima n’amatungo bikomeje gukorwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Ku rubyiruko, umuyobozi wa Kiliziya Gatolika yarusabye kujya rukunda gukora amasengesho,kandi anarusaba kugira urukundo n’ubumwe bwa  kivandimwe no kurwanya ruswa kuko aribyo bizatuma bagera ku mahoro arambye.

Uwineza Adeline

Ibijyanye Nayo Inkuru

Umuryango w’Abisiramu mu Rwanda watangaje igihe  igisibo gitagatifu kizatangirira
Iyobokamana

Umuryango w’Abisiramu mu Rwanda watangaje igihe igisibo gitagatifu kizatangirira

March 21, 2023
Iyobokamana

Abayobozi ba Kiliziya Gatolika mu Rwanda bagiriye uruzinduko rwa Gishumba I Roma

March 6, 2023
RDC: Nyuma y’uruzinduko rwa Papa hari Abapadiri babiri birukaniwe kwigira intakoreka
Iyobokamana

RDC: Nyuma y’uruzinduko rwa Papa hari Abapadiri babiri birukaniwe kwigira intakoreka

February 15, 2023
Nti twashyigikira ubukozi bw’ibibi bwakabaye bwitwa ishyano – Dr Laurent Mbanda
Iyobokamana

Nti twashyigikira ubukozi bw’ibibi bwakabaye bwitwa ishyano – Dr Laurent Mbanda

February 11, 2023
Kuba umutinganyi si icyaha- Papa Francis
Iyobokamana

Kuba umutinganyi si icyaha- Papa Francis

January 26, 2023
Kiliziya mu Rwanda yateguye Misa izaba ku munsi w’ishyingurwa rya Papa Benoit XVI
Iyobokamana

Kiliziya mu Rwanda yateguye Misa izaba ku munsi w’ishyingurwa rya Papa Benoit XVI

January 4, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.