• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Mu mahanga

Papa yibiye ibanga ubuyobozi bwa Tshisekedi  ku bikorerwa abarimo Abatutsi

Na David
February 2, 2023
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politics, Politike, Umutekano
0
Papa yibiye ibanga ubuyobozi bwa Tshisekedi  ku bikorerwa abarimo Abatutsi
471
Yasangijwe
5.9k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hakomeje kuzamuka imugo zibiba  urwango  zibasira abavuga Ikinyarwanda  cyane cyane abo mu bwoko bw’Abatutsi ,Umushumba wa Kiriziya Gatolika ku isi, yasabye  iki igihugu  kureka kurangwa n’amacakubiri, maze amoko bakayafata nk’ibintu bibahuza aho kubatanya.

Ibi Papa Francis yabigarutseho mu iambo rya mbere yagejeje ku batuye Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo aho  yasabye  iki gihugu abasaba kwiyunga no kubaka ubumwe n’umubano mwiza kuko ari byo bizatuma ubwinshi bw’amoko ari muri iki gihugu ataba umuvumo ahubwo akababera umugisha.

Papa Francis yatanze urugero  yifashishije ishusho ya Diyama,  avuga ko  iyo itunganyijwe, ubwiza bwayo bugaragarira ku duce twinshi tuyigize  bityo ko iki gihugu na cyo mu bwinshi bw’amoko akigize  ari  nka diyama ifite impande nyinshi akaba ari ubukungu bugomba kurindwa bityo ko  bagomba kwirinda kugwa mu irondamoko no gushyamirana hagati y’amoko.

Papa Francis   yagaragarije Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko abantu ntacyo bashobora kugeraho igihe bimitse uguhangana no gushyamirana.

Uyu mushumba wa Kiliziya Gatolika kandi yasabye Abanye-Congo guhindura imitekerereze n’imikorere yabo bagatinyuka gufata icyerekezo gishya mu butwari no gukorera hamwe kuko amateka mabi y’igihugu cyabo  abibasaba.

Ibi Papa abitangaje mu gihe muri Masisi harimo kuvugwa Jenoside irimo gukorerwa Abatutsi , si ibyo gusa kandi  hirya no hino muri iki gihugu  humvikana  ubugizi bwa nabi bwibasira abavuga ikinyarwanda cyane cyane abi mu bwoko bw’Abatutsi.

 Abayobozi barimo Perezida Tshisekedi  nabo  mu mbwirwaruhame zabo  zakunze kuganisha ku kwibasira abavuga ikinyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi aho bashinjwa kuba  inyeshyamba za M23.

Mu binyamakuru bitandukanye hakomeje gucicikana amakuru agaragaza   abanye-congo bishwe cyane se   bakorewe iyica rubozo bazira ko ari Abatusi, si ibyo gusa Ubushinjacyaha  bwa Gisirikare muri iki gihugu  buherutse gushyira urutonde  n’amazina  y’abantu 13 bavuga ikinyarwanda buri guhiga bukware  aho bashinjwa  gukorana na M23  bushimangira ko bagomba gufatwa bagafungwa.

Papa Francis ari mu ruzinduko rw’iminsi 3 mu gihugu cya Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo kuva tariki 31 Mutarama kugeza  kuri  uyu wa Kane tariki  2 Gashyantare  2023 aho azava yerekeza i Juba muri Sudani y’Epfo.

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.