• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Wednesday, August 10, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

Perezida Museveni yeretse abashyitsi be ubumenyi budasanzwe afite mu mupira w’amaguru

Na Ildephonse Dusabe
July 17, 2022
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politike, Siporo
48 2
0
Perezida Museveni yeretse abashyitsi be ubumenyi budasanzwe afite mu mupira w’amaguru
36
Yasangijwe
712
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Tibuhaburwa Museveni yagaragaye akina umupira w’amaguru imbere y’abashoramari yakiriye biteguye gushora imari mu bikorwa byo guteza imbere umupira w’amaguru mu gihugu cya Uganda.

Kuri uyu wa 15 Nyakanga 2022, nibwo Museveni yakiriye abashoramari bo mu kigo cya  MEGA Investment kigiye gushora imari mu bikorwaremezo bya Siporo. Museveni yababwiye ko afite ubumenyi budasanzwe mu mupira w’amaguru ari naho bahise bawumuha atangira kuwukinira imbere yabo.

Museveni yavuze ko muri Uganda bagifite ibikorwa remezo bya Siporo bike, ariko anongeraho ko icyatumye bidindira ari  ubutegetsi bubi bwamubanjirije mbere, bwa Milton Obote na Idi Amin.

Museveni ukunze kurangwa n’udushya twinshi yasabwe n’aba bashyitsi, gukomeza gushyigikira Siporo y’iki gihugu ndetse banaboneraho kumuha umupira w’ikipe y’igihugu cye, Uganda Cranes.

Uganda ifatwa nk’igihugu kiza ku isonga muri Afurika y’Iburasirazuba mu mupira w’Amaguru, aho bishimangirwa n’ibikombe by’irushanwa rya CECAFA rihuza ibi bihugu yatwaye. Uganda Kandi ni cyo gihugu cyo mu burasirazuba bwa Afurika giheruka kwitabira imikino ya nyuma y’igikombe cya Afruka.

Inkuru Iheruka

Centrafrique: Barashinja u Rwanda gutanga amafaranga azafasha Touadéra kwiyongeza Manda ya 3 atemerewe

Inkuru Ikurikira

HRW irashinja M23 kwica abasivili barenga 30 kuva yafata Bunagana

Inkuru Ikurikira
HRW irashinja M23 kwica abasivili barenga 30 kuva yafata Bunagana

HRW irashinja M23 kwica abasivili barenga 30 kuva yafata Bunagana

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In