• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Monday, May 16, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yitabye Imana

Na Martin
May 13, 2022
Muri Mu mahanga, Nyamukuru
9 0
0
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yitabye Imana
7
Yasangijwe
132
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan yitabye Imana ku myaka 73 azize uburwayi bwa Stroke yari amaranye igihe.

Ibiro Ntaramakuru byo muri iki Gihugu WAN, byatangaje iby’uru rupfu rwa Perezida mu itangazo rasohowe na Minisiteri ishinzwe ububanyi mu biro by’Umukuru w’Igihugu.

Iri tangazo ryanyujijwe kuri Twitter, rivuga ko muri iki Gihugu hashyizweho iminsi 40 y’icyunamo cyo kunamira Perezida Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan.

Muri iyi minsi 40, amabendera azururutswa agezwe muri 1/2 naho Minisiteri ndetse n’ibiro by’inzego za Leta n’iz’abikorera bikazaba bifunze mu gihe cy’iminsi itatu.

Perezida Sheikh Khalifa ntiyarakunze kugaragara mu ruhame kuva muri 2014 ubwo yafatwaga n’indwara yo guturika kw’imitsi yo mu mutwe izwi nka Stroke.

Kuva icyo gihe ibyemezo bye byafatwaga n’umuvandimwe we Mohammed bin Zayed uzwi nka MBZ akaba na Minisitiri w’Intebe wa Abu Dhabi.

Mohammed bin Zayed mu butumwa yashyize kuri Twitter avuga ku rupfu rwa Perezida, yagize ati “Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu zibuze umuhungu wazo w’ingenzi akaba n’umuyobozi wari ukomeye.”

Nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga ry’iki Gihugu, Visi Perezida akaba na Minisitiri w’Intebe, Sheikh Mohammed bin Rashid Al Maktoum ni we uzafata uyu mwanya wa Perezida kugeza igihe akanama nshingamategeko kazahurira mu minsi 30kagatora Perezida mushya.

RWANDATRIBUNE.COM

Inkuru Iheruka

Elon Musk yabaye asubitse kugura Twitter, menya icyabimuteye

Inkuru Ikurikira

Uwahoze mu gisirikare cya Habyarimana wakoze Jenoside yafatiwe mu Buholandi

Inkuru Ikurikira
Uwahoze mu gisirikare cya Habyarimana wakoze Jenoside yafatiwe mu Buholandi

Uwahoze mu gisirikare cya Habyarimana wakoze Jenoside yafatiwe mu Buholandi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In