• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Nyamukuru

Polisi y’u Rwanda igiye kwifashisha utwuma dupima umuntu utwaye ibinyabiziga yanyoye urumogi mu rwego rwo kugabanya impanuka zo mu muha

Na admin
December 10, 2022
Muri Nyamukuru, Politike, Umutekano
0
Polisi y’u Rwanda igiye kwifashisha utwuma dupima umuntu utwaye ibinyabiziga yanyoye urumogi mu rwego rwo kugabanya impanuka zo mu muha
152
Yasangijwe
1.9k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Muri gahunda ya gerayo amahoro yatangijwe na Polisi y’igihugu, bashyizeho icyuma kigomba kujya gipima, abatwaye ibinyabiziga banyoye inzoga, murwego rwo kugabanya impanuka zibera mu muhanda nyamara zikomeza kwiyongera, gusa ubu Polisi ‘u Rwanda emeje ko igiye kuzana n’ikindi cyuma gipima abatwaye ibinyabiziga banyoye ibiyobyabwenge harimo n’urumogi.

Ibi byatangajwe n’umuyobozi mukuru wa Polisi IGP Dan Munyuza, ku wa Kane w’iki cyumweru ubwo hasubukurwaga gahunda ya Gerayo Amahoro igamije gukumira impanuka zo mu muhanda.

IGP Munyuza yabujije abamotari, abanyonzi ndetse n’abashoferi kwirinda kunywa ibisindisha ibyo ari byo byose batwaye ibinyabiziga.

Yababwiye ko mu minsi iri imbere abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bazaba bafite n’udukoresho tubereka umuntu wese utwaye ikinyabiziga yanyoye ibiyobyabwenge birimo n’urumogi.

Ati “Mu minsi iri mbere abapolisi bagenzura umutekano wo mu muhanda bazaba bafite ibikoresho yagutungaho akamenya niba wanyoye ibisindisha bya Bralirwa na Skol ndetse bazaba bafite n’ibireba niba utwaye ikinyabiziga yanyoye ibiyobyabwenge birimo n’urumogi.”

Abamotari batandukanye nabo bavuga ko polisi nizana udukoresho tugaragaza utwaye ibinyabiziga yanyoye urumogi na byo bishobora kuzagabanya impanuka zo mu muhanda.

Umwe mu bakoresha ibinyabiziga witwa Habiyambere Vincent yagize ati “Urebye turiya twuma tugaragaza utwaye ibinyabiziga yanyoye ibisindisha ni twiza kandi twagize akamaro mu bijyanye no kugabanya impanuka ariko noneho biriya batubwiye ko bagiye kuzana n’akazajya kareba uwanyoye urumogi bizaba ari byiza kurushaho kuko hari benshi baba barunyoye batwaye ariko bo ntibafatwa mu gihe nabo bari mu bateza impanuka.”

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuva umwaka wa 2022 watangira, abantu 617 bamaze kuburira ubuzima mu mpanuka 9468 zabereye mu bice bitandukanye by’igihugu.

Aka kuma kakaba kitezwe ho kuzifashishwa mu kugabanya impanuka zabaga mu  muhanda.

Umuhoza Yves

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.