• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Wednesday, August 10, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Nyamukuru

RDF yemeje iraswa ry’undi musirikare wa FARDC warasiwe ku butaka bw’u Rwanda

Na Martin
August 5, 2022
Muri Nyamukuru, Politike, Umutekano
68 5
0
RDF yemeje iraswa ry’undi musirikare wa FARDC warasiwe ku butaka bw’u Rwanda
52
Yasangijwe
1k
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Brig Gen Ronald Rwivanga yemeje ko hari undi musirikare mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) warasiwe ku butaka bw’u Rwanda.

Brig Gen Rwivanga yahamirije Umuseke ko iyi nkuru y’iraswa ry’uwo musirikare, ari impamo, aho yagize ati “Ni byo. Yambutse binyuranije n’amategeko araraswa.”

Amakuru avuga ko uyu musirikare yarashwe ubwo yirukankanaga abana bari baragiye intama ashaka kuzibaka akisanga yageze ku butaka bw’u Rwanda, ubundi ingabo z’u Rwanda zari zicunze umutekano zigahita zimwivugana kuko yari avogereye ubutaka bw’u Rwanda.

Ibi byabaye mu masaha ya saa cyenda n’igice ku wa Kane tariki 04 Kanama, bibera muu Mudugudu wa Cyamabuye, Akagari ka Rusura, mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu.

Gusa Umunyamakuru Kabumba Justin ukora inkuru zo mu burasirazuba Congo Kinshasa we ubwo yasubiragamo amagambo ya sosiyete sivile, yavuze ko umusirikare wa Congo yarashwe n’abo mu Rwanda “i Kanyesheja”.

Iki gikorwa cyabaye ku munsi umwe n’uwatangarijweho amakuru yo kongera gushinja u Rwanda kugaba ibitero muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no gufasha umutwe wa M23 umaze iminsi uhanganye na FARDC mu mirwano.

Aya makuru akubiye muri raporo y’inzobere z’umuryango w’Abibumbye ivuga ko hari ibimenyetso bikomeye bigaragaza ko ingabo z’u Rwanda zagiye muri Congo ndetse zikagaba ibitero zifatanyije na M23 ahantu hatandukanye.

RWANDATRIBUNE.COM

Inkuru Iheruka

Guverinoma ya Kinshasa yifuje ko u Rwanda na MONUSCO babazwa imfu z’ababuriye ubuzima mu myigaragambyo

Inkuru Ikurikira

Mwenga: Imbonerakure zaguye gitumo abarwanyi ba RED Tabara zibarasa urufaya, 12 barahagwa

Inkuru Ikurikira
Mwenga: Imbonerakure zaguye gitumo abarwanyi ba RED Tabara zibarasa urufaya, 12 barahagwa

Mwenga: Imbonerakure zaguye gitumo abarwanyi ba RED Tabara zibarasa urufaya, 12 barahagwa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In