• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Wednesday, August 10, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Nyamukuru

Rubavu: Amarushanwa ya” Ironman” yitezweho gutanga amahirwe yo gufata rutemikirere

Na Ildephonse Dusabe
July 27, 2022
Muri Nyamukuru, Siporo, Ubukerarugendo
13 0
0
Rubavu: Amarushanwa ya” Ironman” yitezweho gutanga amahirwe yo gufata rutemikirere
10
Yasangijwe
191
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

“Ironman” ni amarushanwa  mpuzamahanga akomatanyije harimo kurushanwa Koga, Kwiruka n’amaguru no gusinganwa ku Magare ahuza abayitabiriye baturutse ku mpande zose zisi ,kuri iyi nshuro akaba agomba kubera mu Rwanda mu Karere ka Rubavu guhera tariki ya 14 Nyakanga 2022.

Image
Aya marushanwa yateguwe na Rwanda Race  ku bufatanye na MINISPORT na RDB

Michel Umurame ushinjwe amarushanwa ya “Ironman’’ mu Rwanda ubwo yari mu Kiganiro n’Itangazamakuru kuri uyu wa 27  Nyakanga 2022 mu karere ka Rubavu ,yavuze ko bidasaba kuba uri umunyamwuga muri iyi mikono kugirango uyitabire ahubwo ko umuntu wese wiyumvamo impano cyangwa ubyifuza yemerewe kuyitabira mugihe yaba yiyandikisjije bitarenze tariki 3 Kanama 2022 . Akomeza avuga ko ushobora kuyitabira ku giti cyawe cyangwa se itsinda ry’abantu bishyize hamwe(Equipe).

Akomeza  avuga ko  ari amarushanwa ashobora kuguha amahirwe yo kujya mu mahanga kuko abitwaye neza muri aya marushanwa baba bafite amahirwe yo kuzayitabira mu bindi bihugu  .

Yagize ati:” Amarushanwa ya “Ironman’’ ntago asaba kuba uri umunyamwuga mu kwiruka ,koga cyangwa kurushanwa ku magare. Uwari we wese wiyumvamo impano cyangwa ubyifuza yemerewe kuyitabira. Ikindi ni uko abitwaye neza muri aya marushanwa babona amahirwe yo kujya mu bindi bihugu azaberamo.”

Claire Akamanzi umuyobozi wa RDB nawe yunzemo avuga ko aya marushanwa ari ingenzi cyane ku Rwanda by’umwihariko mu guteza imbere ubukerarugendo n’ishoramari kuko yitabirwa n’abanyamahanga batandukanye bashobora gusura ibikorwa bitandukanye by’ubukerarugendo bagasiga amadevize  ndetse bagaha n’icyashara abashoramari . Ikindi ngo n’uko ano marushanwa akurikiranwa n’abantu basaga miliyoni 20 yaba ku mbuga nkoranya mbaga naza  televisiyo zitandukanye bituma u Rwanda rurushaho kumenyekana ku ruhando mpuzamahanga.

Image
Umuyobozi wa RDB, Claire Akamanzi

Yagize ati:” Amarushawa ya “Ironman” tuyitezeho byinshi by’umwihariko guteza imbere urwego rw’ubukerarugendo n’ishoramari kuko yitabirwa n’abanyamahanga batandutakanye bashobora gusura ibikorwa  by’ubekerarugendo bagasiga amadevise mu gihugu ndetse bagaha n’icyashara abashoramari. Akurikiranwa kandi n’abantu barenga Miliyoni 20 ku isi yose bityo mu gihe azaba ari kubera mu Rwanda bizatuma u Rwanda rurushaho kumenyakana ku Isi.”

Shema Didier Maboko, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo yavuze ko kwakira aya marushanwa bigaragaza ikizere u Rwanda rukomeje kugirirwa ku ruhando mpuzamahanga maze asaba Abanyarwanda mu ngeri zitandukanye kwitabira aya marushanwa kugirango bagaragaze impano zabo , bakaba bagira n’amahirwe yo kwitabira iri rushanwa mu mahanga.

Image
Shema Maboko Didier, umunyamabanga wa Leta muri MINISPORT
  1. Ni ubwa mbere amarushanwa ya Ironman abereye mu Rwanda ikaba inshuro ya kane muri Afurika nyuma ya Afurika y’Epfo, Marroc, na Misiri. Azatangira kuwa 14 Kanama 2022 mu  Karere ka Rubavu gasanzwe ari kamwe mu  turere dukungahaye ku bikorwa bikurura ba mukerarugendo mu Rwanda.

Hategekimana Claude

Inkuru Iheruka

MONUSCO yateye utwatsi amakuru yavugaga ko Malawi ishaka kuyitaba mu nama igacyura ingabo zayo

Inkuru Ikurikira

Uri Umupadiri w’igisambo n’injajwa- Mukankiko yongeye koherereza Nahimana ikibatsi cy’umuriro w’ibitutsi

Inkuru Ikurikira
Uri Umupadiri w’igisambo n’injajwa- Mukankiko yongeye koherereza Nahimana ikibatsi cy’umuriro w’ibitutsi

Uri Umupadiri w’igisambo n'injajwa- Mukankiko yongeye koherereza Nahimana ikibatsi cy'umuriro w'ibitutsi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In