• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Wednesday, August 10, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Imyidagaduro

Sandra Teta wagaragaye yuzuye inguma mu maso yahakanye kuba yarakubiswe n’umugabo we Weasel

Na Martin
July 29, 2022
Muri Imyidagaduro, Nyamukuru
24 1
0
Sandra Teta wagaragaye yuzuye inguma mu maso yahakanye kuba yarakubiswe n’umugabo we Weasel
18
Yasangijwe
358
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Sandra Teta wabyaranye n’umuhanzi ukomeye muri Uganda witwa Weasel, yamaganiye kure amakuru avuga ko yakubiswe n’uyu mugabo we mu gihe hari ababyemeza bamushinja guhishira umugabo we.

Amafoto y’uyu mukobwa w’Umunyarwandakazi amugaragaza yuzuye inguma mu maso, yatangiye gucicikana ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa Kane.

Ibinyamakuru byatangaje ko izi nguma yazitewe n’umugabo we Weasel wamukubise kubera ibibazo basanzwe bafitanye byo gucana inyuma.

Uyu mukobwa bivugwa ko yakubiswe mu mpera z’icyumweru gishize, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yavuze ko yakubiswe n’abajura bakanamwambura telefoni na miliyoni n’ibihumbi 300.

Ati “hashingiwe ku mafoto yakwirakwiye mu itangazamakuru, mu nzira ntaha ku wa Gatanu mu ijoro mvuye ku kazi, nataswe n’amabandi banyatse telefoni ya iPhone n’agakapu karimo miliyoni 1.3.”

Gusa bamwe bazi ibye n’umugabo we bahakanye ibi yatangaje, bemeza ko izi nguma yazitewe n’umugabo we kuko atari rimwe cyanwa kabiri amukubise ariko akanga kubitangaza kuko akomeza kumuhishira kuko amukunda.

Aba baze iby’uyu munyarwandakazi bavuga ko kandi atagira ibyangombwa by’u Rwanda ndetse ko na byo ntawundi ubiri inyuma atari umugabo we kuko adashaka icyazatuma uyu mukobwa amushyira hanze.

Teta Sandra yuzuye inguma mu maso

RWANDATRIBUNE.COM

Inkuru Iheruka

Antony Blinken utegerejwe i Kigali yitezweho ubuhuza mu bibazo by’u Rwanda na RD Congo

Inkuru Ikurikira

Gen Muhoozi yahaye ikaze mu gisirikare Ian Kagame ugiye kurangiza kaminuza mu Gisirikare

Inkuru Ikurikira
Gen Muhoozi yahaye ikaze mu gisirikare Ian Kagame ugiye kurangiza kaminuza mu Gisirikare

Gen Muhoozi yahaye ikaze mu gisirikare Ian Kagame ugiye kurangiza kaminuza mu Gisirikare

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In