• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Monday, May 16, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

Spain: Abagore baribwa n’imihango leta yabashyize igorora

Na Ildephonse Dusabe
May 13, 2022
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Ubuzima
7 0
0
Spain: Abagore baribwa n’imihango  leta yabashyize igorora
5
Yasangijwe
97
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

 Espagne iri mu mushinga wo gushyiraho itegeko rirengera abagore bajya mu mihango bakababara bikabije. Uyu mushinga ugateganya ko aba bagore bazajya bahabwa iminsi itatu ariko ishobora kugera kuri itanu buri kwezi,ariko bikabanza kwemezwa na  muganga

Uyu mushinga w’itegeko  bivugwa ko  waba washyikirijwe ibinyamakuru byo muri Espagne igihe kitaragera  ngo kuko wari ukirimo gutunganywa.

Uwo mushinga w’itegeko wo muri Espagne ukubiye muri gahunda ngari y’ivugurura rijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, ririmo n’impinduka ku mategeko y’iki gihugu ku gukuramo inda. Mu gihe waba wemejwe nk’itegeko, waba ubaye itegeko rya mbere mu Burayi rigena icyo kiruhuko.

Ibitangazamakuru byagize amahirwe yo kubona ibice by’uwo mushinga w’itegeko bitangaza ko byitezwe ko ugezwa ku baminisitiri mu cyumweru gitaha.

Uwo mushinga w’itegeko uvuga ko icyo kiruhuko cy’iminsi itatu kizatangwa cyemejwe na muganga ku bagore bababara bikomeye mu gihe cy’i mihango, kikaba gishobora kongerwa kikagera ku munsi itanu ku mihango itera ububabare budasanzwe cyangwa ibuza umugore kugira ikindi akora.Gusa iri tegeko ntirireba abagore bagira ububabare bworoheje.

Uyu mushinga ugaragaza ko abagore bagomba guhabwa icyubahiro n’agaciro mu gihe baba bari i mugongo nk’uko bigaragara muri iri tegeko.

Umuhoza Yves

 

Inkuru Iheruka

Prince Kid yangiwe kuburanira mu ruhame mu rubanza rwahejwemo itangazamakuru

Inkuru Ikurikira

Minisitiri Biruta yabonanye na Perezida Samia Suluhu wa Tanzania

Inkuru Ikurikira
Minisitiri Biruta yabonanye na Perezida Samia Suluhu wa Tanzania

Minisitiri Biruta yabonanye na Perezida Samia Suluhu wa Tanzania

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In