• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Monday, May 16, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Amatangazo

Tora Murekatete Triphose ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu karere ka Rutsiro

Na dorcas
November 11, 2021
Muri Amatangazo, Nyamukuru, Politike
22 1
0
Tora Murekatete Triphose  ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu karere ka Rutsiro
16
Yasangijwe
323
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Madame Murekatete Triphose ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu Karere ka Rutsiro

Madame Murekatete Triphose afite impamyabumenyi y’ikiciro cya Gatatu cya Kaminuza (Masters) yakuye muri INES Ruhengeri mu ishami ry’imicungire y’amabanki n’ibigo by’imari iciriritse. Afite kandi impamyabumenyi y’icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (AO) mu ishami ry’Icungamari yakuye muri Kaminuza ya ULK.

Mu mwaka wa 2000 kugeza 2003 yabaye Umucungamari wa Koperative APELAK . Kuva mu mwaka wa 2004-2016 yabaye Umucungamatungo wa CLECAM . Ahagana mu mwaka wa 2019 kugeza 2020 yagizwe Umuyobozi w’Igenamigambi mu Karere ka Musanze.

Kugeza ubu ni Umunyamabanganshingwabikorwa w’Umurenge wa Muko ho mu Karere ka Musanze. Madame Murekatete kandi yabaye Umuhuzabikorwa wungirije w’abari n’abategarugori mu Karere ka Rubavu mu gihe cy’imyaka 5,aba n’umutoza w’Intore mu byiciro binyuranye.

Uwineza Adeline

Inkuru Iheruka

Perezida Tshisekedi ntashaka kumva hafatwa akandi gace k’igihugu- Gen Ndima

Inkuru Ikurikira

Kuva wagenda, umuhungu wawe Félix yabaye perezida.Twahinduye ubutegetsi ariko imitegekere ntiyahindutse- amagambo y’indirimbo yandikiwe se wa Perezida Tshisekedi

Inkuru Ikurikira
Kuva wagenda, umuhungu wawe Félix yabaye perezida.Twahinduye ubutegetsi ariko imitegekere ntiyahindutse- amagambo y’indirimbo yandikiwe se wa Perezida Tshisekedi

Kuva wagenda, umuhungu wawe Félix yabaye perezida.Twahinduye ubutegetsi ariko imitegekere ntiyahindutse- amagambo y'indirimbo yandikiwe se wa Perezida Tshisekedi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In