• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Mu mahanga

Tugomba kwitonda no kugira ubushishozi kuri abo bantu:Christophe Mboso avuga ku mpunzi z’Abanye congo bavuga Ikinyarwanda

Na Claude Hategekimana
March 17, 2023
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politike
0
Tugomba kwitonda no kugira ubushishozi kuri abo bantu:Christophe Mboso avuga ku mpunzi z’Abanye congo bavuga Ikinyarwanda
234
Yasangijwe
2.9k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Intekonshingamategeko ya DRC, yatangiye kugaragaza ibigomba gushyingirwaho, mbere y’uko   impunzi z’Abanye Congo bavuga Ikinyarwanda zisubira muri DRC.

Mu ijambo aheruka kugeza ku bagize Intekonshingamategeko ya DRC, Christophe Mboso perezida w’iyi nteko yavuze ko hagomba  kubaho ubushishozi no kwitonda ku bitwa impunzi z’Abanye congo bavuga Ikinyarwanda, basaba gutaha mu gihugu cyabo cya  DRC.

Christphe Mboso, akomeza avuga hagomba kubanza kubaho igenzura rikomeye ry’abitwa impunzi z’Abanye Congo bavuga Ikinyarwanda, kugirango hatazagira Abanyarwanda n’abandi banyamhanga bivanga nazo, bagamije gucengera muri DRC no mu nzego z’iki gihugu.

Christophe Mboso, avuga ko iri genzura  rigomba gushingira ku myirondoro y’izi mpunzi, aho zikomoka, n’ibisekuru byazo ndetse ko bikazakorwa hifashishijwe Abayobozi gakondo bo mu duce  zikomokamo.

Yagize ati:” Kubirebena n’impunzi z’Abanye congo bavuga Ikinyarwanda, tugomba kugira amakenga n’ubushishozi. Hagomba kubanza gukorwa ubugenzuzi harebwa uduce izo mpunzi zikomokamo,imyirondoro  n’ibisekuru  byabo, tubifashijwemo n’Abayobozi gakondo bo mu duce  zikomokamo.

Ibi bigamije gukumira Abanyarwanda n’abandi banyamhanga, bashobora kwiyitiranya n’izo mpunzi bagamije gucengera k’ubutaka bw’igihugu cyacu n’inzego zacyo.Mu cyumweru gitaha Intekonshingamategeko izatangira kwiga uko uyu mushinga wazakorwa mu buryo bwiza kandi bunoze.”

Ikibazo cy’impunzi z’Abanye congo bavuga ikinyarwanda, ni imwe mu mpamvu itangwa n’umutwe wa M23 uvuga ko yatumye wubura intwaro ugatangiza intabara.

M23 ,ivuga ko izi mpunzi zahunze kubera kwicwa, guhohoterwa no kuvutswa uburenganzira bwazo mu gihugu cyazo bityo ko icyatumye zihunga ,kigomba kubanza gukurwaho hanyuma nazo zigataha zizeye umutekano wazo.

Ikibazo cy’impunzi z’Abanye congo bavuga Ikinyarwanda, ni umukoro uheruka guhabwa  Ubutegetsi bwa DRC n’umuryango wa EAC n’indi miryango mpuzamahanga itandukanye, mu rwego rwo gushaka uko zava mu buhungiro zigataha mu gihugu cyazo cya DRC.

Kugeza ubu, harabarurwa impunzi z’Abanye Congo bavuga Ikinyarwanda zirenga ibihumbi magana ane(400.000) zitataniye mu nkambi z’impunzi mu bihugu nk’u Rwanda, Uganda, Burundi ,Kenya, Tanzaniya n’ahandi n’izindi zibarizwa ku yindi migabane y’Isi  ariko nyinshi muri zo akaba ari abo mu bwoko bw’Abatutsi. .

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.