• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Wednesday, August 10, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

U Burusiya buri gutegura ibitero simusigaga mu majyepfo ya Ukraine

Na Martin
August 4, 2022
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Umutekano
37 1
0
U Burusiya buri gutegura ibitero simusigaga mu majyepfo ya Ukraine
27
Yasangijwe
540
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Nyuma yo kwigarurira uduce twinshi mu Ntara ya Donbas, ubu ubuyobozi bukuru bw’ingabo z’u Burusiya bwatangiye kohereza abasirikare benshi bava mu Burasirazuba berekeza mu Majyepfo ya Ukraine.

Vadym Skibitsky, Umuyobozi w’Ungirije w’uRwego rushinzwe iperereza mu  gisirikare cya Ukraine yavuze ko u Burusiya buri kurunda abasirikare benshi mu majyepfo ya Ukraine bugamije gukumira ibitero by’ingabo za Ukraine mu gace ka Kherzon kari mu maboko y’u Burusiya ariko ko zishobora no kugaba ibindi bitero ku yindi Migi yo mu Majyepfo ya Ukraine zigamije kuyigarurira.

Yagize ati “Bari kongera umubare w’Abasirikare benshi mu majyepfo ya Ukraine bagamije gukumira ibitero byacu muri Kherson, gusa turatekereza ko bashobora no kugaba ibindi ibitero byabo mu migi ikomeye yo mu Majyepfo ya Ukraine. Amajyepfo ni ingenzi kuri bo kubera agace ka Cremea.”

Perezida Vlodmyry Zelenky na we yemeje ko ingabo z’u Burusiya ziri kugerageza gukomeza ibirindiro byazo biri mu Majyepfo ya Ukraine byumwihariko mu gace ka Kherson Na Zaporizhzhia ariko ko ntacyo bizazifasha.

Ku rundi ruhande ingabo za Ukraine zirimo kugerageza kongera kwigarurira ubugenzuzi bw’agace ka Kherson ndetse mu mpera z’ukwezi gushize kwa Nyakanga 2022 zikaba barabashije  gusenya ikiraro cya Antonovskiy giherereye  mu gace ka Kherson bituma Umuhora ingabo z’uburusiya zacishagamo Intwaro n’ubundi bufasha ucika.

Kugeza ubu aka gace kose gaherereye ku nkombe y’inyanja y’umukara karacyagenzurwa n’ingabo z’u Burusiya .

Claude HATEGEKIMANA
RWANDATRIBUNE.COM

Inkuru Iheruka

RDF na FARDC bakozanyijeho, menya icyabiteye

Inkuru Ikurikira

Niki kihishe inyuma y’izamurwa mu ntera ry’umuyobozi ushinzwe ingabo zirinda Tshisekedi?

Inkuru Ikurikira
Niki kihishe inyuma y’izamurwa mu ntera ry’umuyobozi ushinzwe ingabo zirinda Tshisekedi?

Niki kihishe inyuma y’izamurwa mu ntera ry’umuyobozi ushinzwe ingabo zirinda Tshisekedi?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In