• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Monday, May 16, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Amatangazo

Umunyarwenya Nkusi Arthur wakoraga kuri Kiss Fm yasezeye

Na dorcas
December 24, 2021
Muri Amatangazo, Nyamukuru
8 0
0
Umunyarwenya  Nkusi Arthur wakoraga  kuri Kiss Fm yasezeye
6
Yasangijwe
118
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Umunyamakuru akaba n’umunyarwenya Nkusi Arthur uzwi nka Rutura, yatangaje ko nyuma y’imyaka 10 akora umwuga w’itangazamakuru yawuhagaritse akajya gukora ibindi bitandukanye n’itangazamakuru.

Nkusi Arthur yavuze ko yasezeye gukora kuri radio,

Ni mu butumwa yanyujije kuri Twitter ku munsi w’ejo kuwa Kane tariki ya 23 Ukuboa 2021.

Yagize ati “Muraho basore! Sinari narigeze ntekereza ko none waba umunsi nsangiza aya makuru. Ejo kuwa 24 Ukuboza uzaba umunsi wanyuma numvikanye kuri Kiss Fm.”

Yavuze ko yafashe uyu mwanzuro mu rwego rwo gufata ikiruko mu kazi ko gukora kuri radiyo.

Nkusi Arthur ufite imyaka 32 y’amavuko, yavuze ko imyaka 10 akora kuri Radiyo ari imyaka idasanzwe.

Yasezeye mu itangazamakuru nyuma y’igihe gito akoze ubukwe na Mutoni Fiona nawe ukora itangazamakuru.

Nkusi Arthur ni umwe mu banyamakuru bagize igikundiro ku maradiyo yagiye akorera harimo Kiss Fm asezeye akorera.

Bamwe mu banyamakuru biganjemo abo bakoranye kuri radiyo zitandukanye bamwifurije ibihe byiza mu rugendo agiye gutangira, bahuriza kuba barakoranye neza ndetse ngo azahahe aronke.

Uwineza Adeline

Inkuru Iheruka

DRC: Habaye impanuka y’indege ihitana abantu barenga 3

Inkuru Ikurikira

DRC: Perezida Felix Tshisekedi arusura umujyi wa Mbuji-Mayi uyu munsi

Inkuru Ikurikira
DRC: Perezida Felix Tshisekedi arusura umujyi wa Mbuji-Mayi  uyu munsi

DRC: Perezida Felix Tshisekedi arusura umujyi wa Mbuji-Mayi uyu munsi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In